SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kaizen Hotel yashyize igorora abakiliya bayo ba siporo na sauna Massage
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ubukungu > Kwamamaza > Kaizen Hotel yashyize igorora abakiliya bayo ba siporo na sauna Massage
Kwamamaza

Kaizen Hotel yashyize igorora abakiliya bayo ba siporo na sauna Massage

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: April 30, 2025
Share
SHARE

Kaizen Hotel  n’imwe muma Hotel  amaze kubaka izina hano mu mujyi wa Kigali kubera serivise nziza  iha abayigana kuri ubu yashyize igorora  abakiliya bayo ayo yabagabanyirije ibicuro kuri zimwe  muri Serivise  ibaha  mu rwego rwo gukomeza  kubanezeza .

Ibi bikozwe nyuma yÁmezi icumi Ubuyobozi bwa Kaizen  Hotel  bufunguye izindi serivise zikenera nábakiliya babo mu buzima bwa  buri munsi Harimo nka Kaizen Gym , Coffe Shop, Bakery na Sauna Massage  byashimwe na benshi cyane bayigana kubera  isuku naserivise bahabonera .

Mu gihe abanyarwanda  muri iyi minsi benshi bahagurukiye gukora  sipor ngoromubiri ndetse no kwishimana n’inshuti zaboKaizen hotel yabashyize igorora  ku bakiliya bayo aho bashyizeho igabanyirizwa ry’ibiciro bya zimwe muri Serivise zabo muri uku kwezi  kwa Gicurasi kose  .

Mu kiganiro n’Umuyobozi wa Kaizen Hotel Bwana  Alphonse  yatangarije AHUPA RADIO ko muri  uku kwezi kwahariwe w’abakozi  bashyizeho igabanyirizwa ry’ibiciro kuri zimwe muri Serivise  zabo  harimo Gym ,Sauna Massage ndetse níbyumba byo kuraramo .

Yagize ati  “Ubu Umukiliya wacu wifuza gukora imyitozo ngororamubwiri muri Gym  ya Kaizen azajya yishyura ibihumbi 25 ukwezi kose  , naho uwifuza kujya muri Sauna atange ibihumbi 3000 byonyine yafashemo n’icyayi cy’I Rwanda n’ amazi ,mu gihe ku byumbabashyizeho igabanya rya 20% ku  muntu wese uzifuza kuza kuharuhukira ari mu rugendo aho yab avuye hose mu Rwanda ndetse no mu mahanga .

Twabibutsa ko Kaizen Hotel  Iherereye  Nyabugogo ruguru gato ya Feux  rouge zihagana Kimisagara mu kaboko k’ibumoso ikaba itanga serivise zitandukanye zirimo ,Ibyumba byiza  uraramo  witegeye  imisozi  myiza ya Kigali, Restaurant na Bar ndetse  ikaba izwiho no gutegura  ibitaramo  bitandukanye mu rwego rwo guha abakiliya bayo uburyo  bwo kuruhuka neza  nyuma y’amasaha y’akazi , Gym, Sauna na Massage ,Coffe shop ndetse  Boulangerie

 

The Ben na Muyango basinye amasezerano yo kwamamaza Ikinyobwa gishya cya NBG Ltd bise Fimbo .(Amafoto )
Umunyamakuru Peacemaker Pundit yagizwe Brand Ambassador n’ Ikigo kitwa Empire of Technology Ltd
Satguru Travel &Tours yegukanye igihembo cy’ikigo cy’ubukerarugendo cyahize ibindi muri Consumers Choice Awards 2024
Marchal Real Estate Developers yashyize igorora abakundana ku munsi wa St Valentin
Abagore bitabiriye ibirori bya El Classico Women Day bishimiye serivise bahawe
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

25 Free Card Games No Deposit Ie 2023

February 21, 2020

Best Virtual Casino Bonus Ireland

December 24, 2019

Bitcoin Casino Io

May 28, 2024

What Is The Best Winning Roulette Guide For Irish Players

May 28, 2024

Wildcardcity Casino 100 Free Spins Bonus 2025

February 25, 2025

What Is Lucky Cash Rewards On Slots Tycoon

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?