SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Isimbi Noeline ukina filime z’Urukozasoni yikomye abamwijirira mu buzima .
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Isimbi Noeline ukina filime z’Urukozasoni yikomye abamwijirira mu buzima .
Imyidagaduro

Isimbi Noeline ukina filime z’Urukozasoni yikomye abamwijirira mu buzima .

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/04/23 at 9:42 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Isimbi Yvonne uzwi nka Noeline, umunyarwandakazi wamamaye ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda 2019, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kwiyama abamunenga ku mugaragaro ku mbuga nkoranyambaga, kubera akazi akora ko gukina filime z’urukozasoni (pornographie).

Mu mashusho arenga ane yashyize kuri Instagram, Isimbi yumvikanye mu burakari bwinshi asaba abantu bose kumureka agakora ibyo yahisemo.

Mu ijwi ririmo intimba, Isimbi yavuze ko nta muntu numwe wigeze umufasha kuva mu buzima bukomeye yanyuzemo, bityo nta n’ufite uburenganzira bwo kumucira urubanza.

Yagize ati: “Ntukwiriye kuntera amabuye kuko utashyigikiye. Nabaye ku muhanda imyaka, ntagira kivurira. Ubu mbayeho neza kuko mpangana.”

Isimbi Noeline yashimangiye ko ibyo akora abikora ku bushake bwe, atabikorerwa cyangwa ngo abihatirwe.

Yavuze ko atari ubwa mbere ahura n’iterabwoba ry’amagambo, ariko ko nta na rimwe byigeze bimuca intege.

Uyu mukobwa ufite imyaka 25 yavuze ko amashusho ashyira hanze amwinjiriza amafaranga menshi, kandi ko mu bakiriya be adashakamo abanyarwanda kuko ngo batari  mu bo ayakorera

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa YouTube, yavuze ko nta n’umwe wo mu muryango we wigeze amubuza cyangwa ngo amutere amagambo. Yemeza ko musaza we ari we wenyine baganira kenshi, abandi bakaba baracecetse.

Isimbi yavuze ko iyo aza kwegukana ikamba rya Miss Rwanda atari kubura gukora ibyo akora ubu. Ati: “Ikamba sinarikoreye, ariko naryo ntabwo ryari kumbuza gukora ibyo nshaka.”

 

 

You Might Also Like

Dj Rusam n’umukunzi we Alex Tlex basezeranye imbere y’amategeko

Miss Uwase Raissa Vanessa yasabwe anakobwa n’umukunzi we Ngenzi Dylan (Amafoto)

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Nsanzabera Jean Paul April 23, 2025 April 23, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Gen Kainerugaba yashimangiye ko azitabira irahira rya Perezida Paul Kagame

August 5, 2024
Imyidagaduro

Amatike y’ibihumbi ijana mu gitaramo cya Boyz II men yashize kw’isoko

October 12, 2023
Andi makuru

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi basaga 4000

June 7, 2023
Imyidagaduro

Miss Muheto ashobora kwitabira Miss World 2023 izabera Dubai

February 14, 2023
Imyidagaduro

Bands 3 za mbere zakomeje mu irushanwa rya Battle of Bands (Amafoto)

December 1, 2024
Imyidagaduro

Urukundo ruravuza ubuhuha hagati ya Kendall Jenner na Devin Booker nyuma y’umwaka batandukanye

February 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?