SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Isimbi Noeline ukina filime z’Urukozasoni yikomye abamwijirira mu buzima .
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Isimbi Noeline ukina filime z’Urukozasoni yikomye abamwijirira mu buzima .
Imyidagaduro

Isimbi Noeline ukina filime z’Urukozasoni yikomye abamwijirira mu buzima .

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/04/23 at 9:42 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Isimbi Yvonne uzwi nka Noeline, umunyarwandakazi wamamaye ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda 2019, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kwiyama abamunenga ku mugaragaro ku mbuga nkoranyambaga, kubera akazi akora ko gukina filime z’urukozasoni (pornographie).

Mu mashusho arenga ane yashyize kuri Instagram, Isimbi yumvikanye mu burakari bwinshi asaba abantu bose kumureka agakora ibyo yahisemo.

Mu ijwi ririmo intimba, Isimbi yavuze ko nta muntu numwe wigeze umufasha kuva mu buzima bukomeye yanyuzemo, bityo nta n’ufite uburenganzira bwo kumucira urubanza.

Yagize ati: “Ntukwiriye kuntera amabuye kuko utashyigikiye. Nabaye ku muhanda imyaka, ntagira kivurira. Ubu mbayeho neza kuko mpangana.”

Isimbi Noeline yashimangiye ko ibyo akora abikora ku bushake bwe, atabikorerwa cyangwa ngo abihatirwe.

Yavuze ko atari ubwa mbere ahura n’iterabwoba ry’amagambo, ariko ko nta na rimwe byigeze bimuca intege.

Uyu mukobwa ufite imyaka 25 yavuze ko amashusho ashyira hanze amwinjiriza amafaranga menshi, kandi ko mu bakiriya be adashakamo abanyarwanda kuko ngo batari  mu bo ayakorera

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa YouTube, yavuze ko nta n’umwe wo mu muryango we wigeze amubuza cyangwa ngo amutere amagambo. Yemeza ko musaza we ari we wenyine baganira kenshi, abandi bakaba baracecetse.

Isimbi yavuze ko iyo aza kwegukana ikamba rya Miss Rwanda atari kubura gukora ibyo akora ubu. Ati: “Ikamba sinarikoreye, ariko naryo ntabwo ryari kumbuza gukora ibyo nshaka.”

 

 

You Might Also Like

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Nsanzabera Jean Paul April 23, 2025 April 23, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umuhanzi Toby Keith yitabye Imana azize Kanseri

February 7, 2024
Iyobokamana

Icyumweru cyahariwe Abaskuti mu Rwanda cyasojwe aho urubyiruko rwongeye gusabwa kwirinda ibirushuka

February 26, 2024
Utuntu n'utundi

Musenyeri yafunzwe azira gusambanya abana

February 22, 2024
Andi makuru

Kazarwa Gertrude na Mussa Fazil batorewe kuyobora umutwe w’abadepite

August 14, 2024
Andi makuru

Bwiza n’umuryango w’Abaskuti mu Rwanda biyemeje gutera ibiti ibihumbi 200

February 17, 2024
Andi makuru

PSD yatanze abakandida bazayihagararira mu matora y’Abadepite

May 20, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?