SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Alliah Cool mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Musaza we nyuma y’imyaka 18 batabonana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Alliah Cool mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Musaza we nyuma y’imyaka 18 batabonana
Imyidagaduro

Alliah Cool mu byishimo byinshi nyuma yo guhura na Musaza we nyuma y’imyaka 18 batabonana

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/04/22 at 1:27 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umukinnyi wa filime nyarwanda, Alliah Cool ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kongera guhura n’umuvandimwe we bari bamaze imyaka 18 batabonana.

Uyu muvandimwe we yitwa Colonel Kabaka, ariko azwi mu muryango wabo nka Kagiraneza, ni umwe mu ngabo z’umutwe wa M23.

Aliah Cool yavuze ko bahuriye i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho yari kumwe na nyina, bakaba baragiye kumusura.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Aliah Cool yavuze ko guhura n’umuvandimwe we nyuma y’imyaka myinshi baratandukanye byamuzaniye amarangamutima akomeye n’umunezero udasanzwe.

Ati: “Hari hashize imyaka 18 tutamubona ni musaza wanjye amperuka ndakana none ubu nanjye nabaye umubyeyi, ejo nakoreye maman surprise agiye kubona abona imyenda aha twari turi nimuri Congo i Goma. Imana ninziza. Colonel Kabaka niko yitwa gusa twe mu rugo tumwita Kagiraneza #m23.”

Iyi nkuru yakiranywe urugwiro n’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bamwifurije ibyishimo n’umubano mwiza n’umuryango we.

Umutwe wa M23 Colonel Kabaka abarizwamo ni umutwe witwaje intwaro ukorera mu burasirazuba bwa Congo, umaze imyaka myinshi uhanganye na Leta ya Congo.

 

You Might Also Like

Dj Rusam n’umukunzi we Alex Tlex basezeranye imbere y’amategeko

Miss Uwase Raissa Vanessa yasabwe anakobwa n’umukunzi we Ngenzi Dylan (Amafoto)

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Nsanzabera Jean Paul April 22, 2025 April 22, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Umwana w’imyaka 10 yiciwe mu gitero cyagabwe kuri bus muri Cisjordanie

December 12, 2024
Utuntu n'utundi

Gen Kainerugaba Muhoozi yagizwe Umugaba Mukuru wa UPDF

March 21, 2024
Imyidagaduro

The Ben utegerejwe na Benshi I Bujumbura yahagurukanye I Kigali n’Umugore we Pamella (Amafoto)

September 27, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Tems yahishuye ko ashobora gutaramira mu Rwanda

November 29, 2024
Andi makuru

RIB irasaba abanyamakuru ba siporo kwirinda gukorera ibyaha mu biganiro bakora

November 20, 2024
Imyidagaduro

Safi Madiba agiye gutaramira mu Bufaransa

September 13, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?