SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: The Ben utegerejwe na Benshi I Bujumbura yahagurukanye I Kigali n’Umugore we Pamella (Amafoto)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > The Ben utegerejwe na Benshi I Bujumbura yahagurukanye I Kigali n’Umugore we Pamella (Amafoto)
Imyidagaduro

The Ben utegerejwe na Benshi I Bujumbura yahagurukanye I Kigali n’Umugore we Pamella (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/09/27 at 12:51 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

The Ben  utegerejwe  na benshi ari kumwe n’umugore we, Uwicyeza Pamela bahagurutse i Kigali ku gicamunsi cyo  kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 berekeza i Bujumbura aho bitabiriye ibitaramo uyu muhanzi afite i Burundi.

Uretse Uwicyeza Pamela, The Ben yahagurukanye i Kigali n’umuhanzikazi Babo ndetse n’umusore ushinzwe umutekano uziwi  nka ya  Ntare  hano mu Rwanda

Mbere y’uko The Ben ataramira Abarundi mu gitaramo nyamukuru, azabanza guhura n’abakunzi be ku wa 30 Nzeri 2023, aho kwinjira bizaba ari ibihumbi 100 Fbu na miliyoni 2 Fbu ku meza y’abantu umunani, bagahabwa amacupa abiri ya champagne.

Muri ibi birori kandi itike y’abanyacyubahiro izaba ari miliyoni 10Fbu (arenga miliyoni 3 Frw) umuntu akanywa, akanarya n’icyo ashaka hamwe n’umuryango we w’abantu icumi azaba yasohokanye.

Mu gitaramo nyamukuru kizaba ku wa 1 Ukwakira 2023, itike yo kwinjira bizaba ari ibihumbi 10Fbu ku muntu umwe, itike ya VIP bikaba ibihumbi 50Fbu, ameza y’abantu batandatu azaba agura ibihumbi 500Fbu, mu gihe ay’abantu umunani ariho amacupa abiri ya champagne azaba agura miliyoni 1,5Fbu.

The Ben ategerejwe mu gitaramo azahuriramo na Big Fizzo na Sat B b’i Burundi, DJ Diallo, DJ Lamper, Bushali, Babo na Shemi bazaturuka i Kigali na Romy Jons usanzwe ari DJ wa Diamond hakiyongeraho Lino G, umusore uri kuzamuka neza mu muziki w’u Burundi.

 

 

You Might Also Like

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Nsanzabera Jean Paul September 27, 2023 September 27, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Edouce yashyize hanze Ep yise Genesis ivuga ku mateka y’ubuzima bwe

January 22, 2024
Imyidagaduro

Itsinda ‘Tag Team’ ritegerejwe muri ‘Kigali Auto Show’ ryageze i Kigali

August 3, 2024
Imyidagaduro

Killaman umenyerewe muri Sinema yasezeranye n’umukunzi we

February 8, 2024
Imyidagaduro

Gen Z Comedy Pastor P yakuriye inzira inkumi ko nta gahunda yo kurongora vuba afite

February 9, 2024
Andi makuru

Sudan y’epfo : ibintu bikomeje kuba bibi nyuma yigotwa ry”urugo rwa Riek Mashar

March 6, 2025
Imyidagaduro

RIB yaburiye abakomeje gukangisha Adonis Jovon Filer amashusho bagamije kumuteranya n’umukunzi we

January 16, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?