SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Amafoto azibukwa na benshi ku mukino wa Nigeria yatsinzemo amavubi imbere ya Perezida Paul Kagame
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Amafoto azibukwa na benshi ku mukino wa Nigeria yatsinzemo amavubi imbere ya Perezida Paul Kagame
Imikino

Amafoto azibukwa na benshi ku mukino wa Nigeria yatsinzemo amavubi imbere ya Perezida Paul Kagame

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/03/22 at 4:34 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Nigeria yatsinze u Rwanda ibitego 2-0 mu mukino wa gatanu mu itsinda C mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri USA, Canada na Mexico, umukino witabiriwe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame

Kuri uyu wa Gatanu itariki 21 Werurwe 2025 ikipe y’igihugu y’u Rwanda yari yakiriye Nigeria mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2026 kizabera muri Canada, Usa na Mexico.

Ni umukino warangiye u Rwanda rutsinzwe na Nigeria ibitego 2-0 maze u Rwanda rutakaza umwanya wa mbere mu itsinda C kuko rwagumye ku manota arindwi no ku mwanya wa gatatu.

Mu itsinda C, Africa y’Epfo yagize amanota 10 niyo ya mbere, Benin ifite amanota umunani ni iya kabiri, u Rwanda rufite amanota arindwi ni urwa Gatatu, Nigeria ni iya kane n’amanota atandatu, Lesotho ni iya gatanu n’amanota atanu naho Zimbabwe ni iya nyuma n’amanota atatu.

N’ubwo U Rwanda rwatsinzwe byari ibyishimo ku banyarwanda bari bari muri Stade Amahoro kuko umukino bawurebanye na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ari kumwe n’umuryango we.

You Might Also Like

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

APR BBC yongeye itsindirwa mu maso ya Perezida Kagame na MBB South Africa 98-88

Nsanzabera Jean Paul March 22, 2025 March 22, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umuhanzi Kidumu yageze i Kigali yirinda kugira icyo avuga ku mubano w’igihugu cye n’U Rwanda

August 21, 2024
Andi makuru

Byiringiro Lague agiye kujyana umunyamakuru Roben Ngabo muri RIB

April 2, 2025
Imyidagaduro

Massamba na Ruti Joel basusurukije abagande mu mbyino gakondo

May 20, 2024
Imyidagaduro

Igitaramo cy’Imandwa cyari cyateguwe Rutangarwamaboko cyasubitswe

November 10, 2023
Andi makuru

Miss Nishimwe Naomie yateguje itariki y’ubukwe bwe n’umukunzi we Tesfay

August 28, 2024
Imikino

Umunyezamu w’amavubi Ntwari Fiacre ashobora gusezererwa muri Kaizer Chiefs

March 27, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?