SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: DRC yatangaje ko izitabira ibiganiro na M23
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > DRC yatangaje ko izitabira ibiganiro na M23
Andi makuru

DRC yatangaje ko izitabira ibiganiro na M23

Wakibi Geoffrey
Last updated: 2025/03/17 at 7:31 AM
Wakibi Geoffrey
Share
1 Min Read
SHARE

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko  izajya mu  biganiro bitaziguye  n’inyeshyamba za M23.

Angola isanzwe ari umuhuza muri ibi biganiro , yatangaje ko bizaba kuwa kabiri tariki ya 18 Werurwe 2025.

Umuvugizi wa Perezida Félix Tshisekedi , Tina Salama, yemereye Reuters ku wa 16 Werurwe 2025 ko ibyo biganiro bazabyitabira.

Salama yasobanuye ko atahita atangaza abazahagararira Leta ya RDC muri ibi biganiro.

Yagize  ati “Kugeza ubu, ntabwo twavuga abagize itsinda zizitabira.”

M23 nayo mu mpera z’iki cyumweru yemeje ko yakiriye ubutumire bwa Angola, bwaturutse kuri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ambasaderi Tete Antonio.

M23 yasabaga ko yakurwa mu rujijo , Perezida Felix Tshisekedi akemeza ku mugaragaro  ko afite ubushake bwo kubyitabira.

Mu bihe bitandukanye Perezida Felix Tshisekedi yatangaje ko adashobora kuganira n’umutwe yita ko ari uw’iterabwoba.

Uyu mutegetsi yakomeje gushyira u Rwanda mu majwi ko rutera inkunga  uyu mutwe wa M23. Impande zose nazo zabyamaganiye kure

 

You Might Also Like

Minisitiri Nduhungirehe yitabiriye inama yiga ku bufatanye bwa EU-AU I Buruseli

Augustin Patata Ponyo wabaye Minisitiri wa RDC yakatiwe imyaka 10 y’imirimo y’agahato

Perezida Samia Suluhu yabitswe n’imbuga nkoranyambaga za X ya Polisi ya Tanzaniya

Ubuyobozi n’abakozi b’Inzozi Lotto basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali (Amafoto)

Papa Leon XIV yakiriye Perezida Zelensky i Vatikani

Wakibi Geoffrey March 17, 2025 March 17, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Cheptegei wari umukinnyi wo gusiganwa ku maguru yitabye Imana

September 5, 2024
Andi makuru

Amafoto y’udushya twaranze ubukwe bwa Salongo na Joseline

November 14, 2023
Imyidagaduro

John Drille yishimiye kugaruka mu Rwanda avuga ko ahafata nko mu rugo(Amafoto)

June 24, 2023
Imyidagaduro

#Kwibuka31: Massamba yasabye urubyiruko kudasinda ibyishimo ahubwo rukwiye kuba maso muri iki gihe twibuka

April 10, 2025
Utuntu n'utundi

Umunyarwanda Nkubito wabaga mu gisirikare cya Canada yitabye Imana

July 18, 2024
Ubukungu

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byongeye kugabanuka

June 5, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?