SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abantu 76 barokotse impanuka y’indege ya Delta Airlines
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Abantu 76 barokotse impanuka y’indege ya Delta Airlines
Andi makuru

Abantu 76 barokotse impanuka y’indege ya Delta Airlines

Wakibi Geoffrey
Wakibi Geoffrey
Published: February 18, 2025
Share
SHARE

Ku Kibuga cy’indege cya Toronto Pearson habereye impanuka ikomeye y’indege, ariko ku bw’amahirwe abagenzi 76 bose bari bayirimo bararokoka.

Iyi mpanuka yabaye mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 17 Gashyantare 2025, ahagana 21:15 ku masaha y’i Kigali. Ni iy’indege ya Delta Air Lines yari ivuye mu Mujyi wa Minneapolis muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika itwaye abagenzi 76 n’abandi bantu bane bayikoramo.

Ubwo iyi ndege yari igeze ku kibuga cy’indege cya Toronto Pearson, yabashije kururuka neza, ariko itangiye kugendera ku butaka ihita yiyubika, amapine ajya mu kirere.

Ukuriye itsinda ry’abashinzwe kuzimya umuriro kuri iki kibuga cy’indege yavuze ko hataramenyekana icyateye iyi mpanuka, cyane ko inzira zinyuramo indege zari zimutse ndetse hakaba nta n’umuyaga ukomeye wari uhari.

Ati “Inzira z’indege zari zumutse kandi nta n’umuyaga ukomeye wari uhari.”

Ubuyobozi bw’iki kibuga cy’indege cy’i Toronto bwavuze ko “Twishimiye ko nta wayiguyemo, ndetse n’abakomeretse bikaba byoroheje.”

Inzira ebyiri zikoreshwa n’indege kuri iki kibuga zahise zifungwa kugira ngo hagenzurwe niba nta kibazo zifite.

 

Abanyamerika batatu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi muri DRC bagabanyirijwe ibihano na Tshisekedi
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Kazakhstan Kassym-Jomart Tokayev
Papa Leon XIV yakiriye Perezida Zelensky i Vatikani
Kampayana Augustin wayoboye akarere ka Nyarugenge n’ibindi bigo yitabye Imana
Amafoto Abayobozi ba G20 bambaye ibirenge akomeje kuvugisha benshi
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Free Pokies Netent

May 28, 2024

Electronic Casino With No Deposit Bonus For Ireland Players

May 28, 2024

Jack Casino App

February 25, 2025

Healesville Rsl Pokies

May 28, 2024
Andi makuru

PSD yatanze abakandida bazayihagararira mu matora y’Abadepite

May 20, 2024

Pay By Phone Bill Online Casino

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?