SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Shakira yasubitse igitaramo yagombaga gukorera muri Peru Kubera uburwayi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Shakira yasubitse igitaramo yagombaga gukorera muri Peru Kubera uburwayi
Imyidagaduro

Shakira yasubitse igitaramo yagombaga gukorera muri Peru Kubera uburwayi

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published February 17, 2025
Share
SHARE

Shakira uri mu bahanzikazi bakomeye ku Isi, yatangaje ko yarwariye muri Peru, aho yari yagiye gukorera igitaramo kiri mu bizazenguruka Isi yise ‘Las mujeres Ya No Lloran World Tour’, ndetse ahita agisubika.

Amakuru yo kurwara kwa Shakila yayatangaje abinyujije ku rubuga rwa Instagram.

Uyu muhanzikazi yatangaje ko yarwaye mu nda ajyanwa mu bitaro, bityo asaba imbabazi abafana be ku bwo kudashobora kubataramira.

Yavuze ko abamufashije gutegura ibyo bitaramo bagiye gushaka itariki ya vuba cyimurirwaho.

Ati “Mbabajwe no kubabwira ko mu ijoro ryakeye najyanywe kwa muganga by’igitaraganya kubera kurwara mu nda none ubu ndi mu bitaro. Umuganga uri kunyitaho yambwiye ko ntashobora kuririmba uyu mugoroba.”

Shakira yakomeje agira ati “Ndizera ko ejo nzava mu bitaro ku buryo mu minsi ya vuba bishoboka nzabakorera igitaramo nari narabateguriye.”

Shakira uheruka kwegukana igihembo cya Grammy mu cyiciro cya Best Latin Album abikesha “Las mujeres Ya No Lloran” yari gutaramira ahitwa Andean ku wa 16 Gashyantare 2025.

You Might Also Like

Dj Rusam n’umukunzi we Alex Tlex basezeranye imbere y’amategeko

Miss Uwase Raissa Vanessa yasabwe anakobwa n’umukunzi we Ngenzi Dylan (Amafoto)

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Nsanzabera Jean Paul February 17, 2025 February 17, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Kendrik Lamal yageze i Kigali ahishwe mu buryo bukomeye

December 5, 2023
Imikino

Patriots BBC yatsinze Tigers BBC amanota 86-78 

February 8, 2025
Imyidagaduro

Fally Merci wari ufite inzozi zo kuzaba rutahizamu yisanze ari umunyarwenya

February 29, 2024
Imyidagaduro

P Diddy yashimangiyeko yishyura 5000$ Sting kubera indirimbo ye ‘Every Breath You Take’

April 18, 2023
Iyobokamana

Feast and Praise Brunch igiye kuba bwa mbere muri Kigali

May 29, 2025
Andi makuru

Yvonne Manzi Makolo yatangiye kuyobora Inama y’Ubutegetsi ya IATA.

June 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?