SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bwiza na Dj Toxxyk bazafatanya urubyiniro na John Legend mu gitaramo cya Move Afrika
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bwiza na Dj Toxxyk bazafatanya urubyiniro na John Legend mu gitaramo cya Move Afrika
Imyidagaduro

Bwiza na Dj Toxxyk bazafatanya urubyiniro na John Legend mu gitaramo cya Move Afrika

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: February 10, 2025
Share
SHARE

Umuhanzikazi Bwiza  ubarizwa muri KIkac Music urino mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda hamwe na DJ Toxxyk bongewe mu gitaramo ‘Move Afrika’, cyatumiwemo John Legend kikaba kizabera muri BK Arena ku wa 21 Gashyantare 2025.

Ni ubwa kabiri igitaramo cya ’Move Afrika’ kigiye kubera mu Rwanda, ubwo giheruka kuba mu Ukuboza 2023 cyari cyatumiwemo abarimo Kendrick Lamar uri mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki w’Isi.

Ibikorwa by’umushinga ‘Move Afrika’ by’uyu mwaka bigamije ubukangurambaga bushingiye ku baturage, buharanira iterambere rirambye n’iterambere ry’ubukungu, hibandwa cyane ku gushimangira gahunda z’ubuzima muri Afurika.

Hamwe n’abafatanyabikorwa mu bukangurambaga, ‘Global Citizen’ itegura ‘Move Afrika’ barasaba ibihugu by’Afurika kongera inkunga ihabwa ibijyanye n’ubuzima mu bihugu byabo, gushyira imbere ubuvuzi bw’ibanze, ubuzima n’uburenganzira bwa muntu mu by’imyororokere, no kuzamura ishoramari ku isi mu guhangana n’ibibazo by’ubuzima no kugabanya ibibazo by’imari ku bihugu kugira ngo ubuzima bw’abaturage muri rusange buterimbere

Aba bombi bongewe ku rutonde rw’abazafatanya na John Legend  mu gitaramo cya Move Afrika
bari  mu myiteguro y’igitaramo cyo kumurika album ‘25 Shades’ y’uyu muhanzikazi, kikazabera mu mujyi wa Bruxelles ho mu Bubiligi aho bazahurira na The Ben.

Abifuza kugura amatike y’ibitaramo bya Move Afrika bizabera Kigali na Lagos yatangiye kugurishwa ku rubuga rwa
moveafrika.org. Amatike y’ubuntu wayabona ufata ingamba hano Global Citizen app, changwa hano Global
Citizen website. Ushobora nokohereza ubutumwa ‘I am ready to take action’ kuri nimero ya WhatsApp to +250
790 008 555.

Abakunzi ba Muzika nyarwanda bashyizwe igorora na Kikac Music muri Tour du Rwanda 2024
Iserukiramuco “I Am Hip Hop” rigiye kongera kuba nyuma y’igihe kirekire
Umunyabigwi mu kuvuza Saxophone Water Sax Methuselah agiye kumurika injyana Idasanzwe mu Rwanda
Ozone Entertainment yatangije ikigo cy’abanyamideli yise NAF Model Empire
Danny Vumbi agiye kumurika ‘album’ yise 365 ivuga ku minsi amaze adakorana na KIKAC Music
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Australian Pokies News

September 5, 2023

Bobby Casino Sign Up

February 25, 2025

What Online Casinos In Ireland Allow A Minimum Deposit Of Usd 10

May 20, 2020

New Card Games Bonus Codes Ireland

July 21, 2020

Spin Fever Bonus Code

May 28, 2024
Imyidagaduro

Bwiza na Dj Toxxyk bazafatanya urubyiniro na John Legend mu gitaramo cya Move Afrika

February 10, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?