SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bwiza na Dj Toxxyk bazafatanya urubyiniro na John Legend mu gitaramo cya Move Afrika
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bwiza na Dj Toxxyk bazafatanya urubyiniro na John Legend mu gitaramo cya Move Afrika
Imyidagaduro

Bwiza na Dj Toxxyk bazafatanya urubyiniro na John Legend mu gitaramo cya Move Afrika

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published February 10, 2025
Share
SHARE

Umuhanzikazi Bwiza  ubarizwa muri KIkac Music urino mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda hamwe na DJ Toxxyk bongewe mu gitaramo ‘Move Afrika’, cyatumiwemo John Legend kikaba kizabera muri BK Arena ku wa 21 Gashyantare 2025.

Ni ubwa kabiri igitaramo cya ’Move Afrika’ kigiye kubera mu Rwanda, ubwo giheruka kuba mu Ukuboza 2023 cyari cyatumiwemo abarimo Kendrick Lamar uri mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki w’Isi.

Ibikorwa by’umushinga ‘Move Afrika’ by’uyu mwaka bigamije ubukangurambaga bushingiye ku baturage, buharanira iterambere rirambye n’iterambere ry’ubukungu, hibandwa cyane ku gushimangira gahunda z’ubuzima muri Afurika.

Hamwe n’abafatanyabikorwa mu bukangurambaga, ‘Global Citizen’ itegura ‘Move Afrika’ barasaba ibihugu by’Afurika kongera inkunga ihabwa ibijyanye n’ubuzima mu bihugu byabo, gushyira imbere ubuvuzi bw’ibanze, ubuzima n’uburenganzira bwa muntu mu by’imyororokere, no kuzamura ishoramari ku isi mu guhangana n’ibibazo by’ubuzima no kugabanya ibibazo by’imari ku bihugu kugira ngo ubuzima bw’abaturage muri rusange buterimbere

Aba bombi bongewe ku rutonde rw’abazafatanya na John Legend  mu gitaramo cya Move Afrika
bari  mu myiteguro y’igitaramo cyo kumurika album ‘25 Shades’ y’uyu muhanzikazi, kikazabera mu mujyi wa Bruxelles ho mu Bubiligi aho bazahurira na The Ben.

Abifuza kugura amatike y’ibitaramo bya Move Afrika bizabera Kigali na Lagos yatangiye kugurishwa ku rubuga rwa
moveafrika.org. Amatike y’ubuntu wayabona ufata ingamba hano Global Citizen app, changwa hano Global
Citizen website. Ushobora nokohereza ubutumwa ‘I am ready to take action’ kuri nimero ya WhatsApp to +250
790 008 555.

You Might Also Like

R Kelly yahishuye ko ubuzima bwe bugeramiwe muri Gereza afungiyemo

Ibyifuzo byababuranira P Diddy byongeye kwangwa mu rukiko

King James yahishuye ko azakora ibitaramo byinshi ubwo azaba yizihiza imyaka 20 amaze mu muziki

Producer Niz Beat yashimye uruhare Mico The Best yagize mu ikorwa ry’indirimbo Sana ya Afrique

Umuhanzi Kevin Montana arashinja Ish Kevin Ubuhemu

Nsanzabera Jean Paul February 10, 2025 February 10, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umunyamakuru Babu wa Isibo Tv yasabiwe gufungwa umwaka

June 13, 2024
Andi makuruIyobokamana

Vestine na Dorcas nyuma yo kutajya muri Canada bagiye gutaramira I Burundi

November 28, 2023
Imyidagaduro

Abantu ntibari kuvuga rumwe ku mafaranga asabwa ngo bazarebe ubukwe bwa The Ben na Pamella .

November 8, 2023
Andi makuru

Ifi yitwa Hvaldimir bikekwa ko ari intasi z’abarusiya yabonywe muri Norvege

May 31, 2023
Andi makuru

Perezida Donald Trump yijeje amakuru meza hagati y’u Rwanda na DRC

April 29, 2025
Andi makuru

M23 yohereje intumwa zo kuyihagararira mu biganiro na RDC

March 17, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?