SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Tom Close yatangaje ko abahanzi barenga 20 aribo bazitabira igitaramo gisimbura icya Tems
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Tom Close yatangaje ko abahanzi barenga 20 aribo bazitabira igitaramo gisimbura icya Tems
Imyidagaduro

Tom Close yatangaje ko abahanzi barenga 20 aribo bazitabira igitaramo gisimbura icya Tems

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published February 8, 2025
Share
SHARE

Umuhanzi Tom Close yahishuye umubare w’abahanzi bagomba kuzaririmba mu gitaramo ari gutegura kizasimbura icyo Tems yagombaga kuririmbamo tariki 22 Werurwe 2025.

Tom Close yavuze ko muri iki gitaramo abahanzi 20 bagezweho mu Rwanda aribo bazakigaragaramo.

Gusa yavuze ko umuhanzi utazaririmbamo bidasobanuye ko atagezweho kuko yavuganye na benshi, ahubwo ni uko ari wo mubare bagennye nk’uko yabitangarije KISS FM.

Aba bahanzi bakaba biyemeje gushyira hamwe bagategura igitaramo muri BK Arena nyuma y’uko cyo Tems yari afite yagisubitse ku mpamvu zitanejeje abanyarwanda.

Uyu muhanzikazi wo muri Nigeria akaba yaravuze ko yasubitse iki gitaramo kubera ko u Rwanda rutabanye neza na DRC ibyo benshi bavuze ko ari urwitwazo kuko u Rwanda rugendwa ari amahoro

You Might Also Like

Umunyamakurukazi Mugire Bianca mu gahinda ko kwibirwa Imodoka ye Mu rugo iwe

Nyuma y’Abarimo Ariel Wayz,Juno Kizigenza ,Kevin Kade na Nel Ngabo Kivumbi yongerewe mu bazaririmba mu bitaramo bya Mtn Iwacu na Muzika

R Kelly yahishuye ko ubuzima bwe bugeramiwe muri Gereza afungiyemo

Ibyifuzo byababuranira P Diddy byongeye kwangwa mu rukiko

King James yahishuye ko azakora ibitaramo byinshi ubwo azaba yizihiza imyaka 20 amaze mu muziki

Nsanzabera Jean Paul February 8, 2025 February 8, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

King James yahishuye ko azakora ibitaramo byinshi ubwo azaba yizihiza imyaka 20 amaze mu muziki

June 11, 2025
Andi makuru

Perezida yitabiriye inama yo kwizihiza imyaka 25 EAC imaze muri Tanzania

November 30, 2024
Kwamamaza

Umunyamakuru Peacemaker Pundit yagizwe Brand Ambassador n’ Ikigo kitwa Empire of Technology Ltd

January 10, 2024
Imyidagaduro

Bushali n’abanyarwenya Muhinde,Umushumba na Pirate bagiye gutaramira I Musanze

May 5, 2025
Imyidagaduro

Icyamamare Roberto De Niro yibarutse ku myaka 79

May 11, 2023
Utuntu n'utundi

Century Park Hotel and Residences yashimiye abakozi bahize abandi muri 2023

January 9, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?