SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abakunda bateguriwe Ijoro ry’amateka mu Rukundo rwabo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Abakunda bateguriwe Ijoro ry’amateka mu Rukundo rwabo
Imyidagaduro

Abakunda bateguriwe Ijoro ry’amateka mu Rukundo rwabo

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published February 8, 2025
Share
SHARE

Taliki ya 14 Gashyantare buri mwaka isi yose yizihiza umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin. Icyo gihe rero abakundana baba bashaka aho basohokera n’abakunzi babo kugirango barusheho kugira ibihe byiza bitazibagirana mu Rukundo rwabo .

Guhera mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri mu duce twisnhi twu Rwanda naho aba ari ibicika ku bantu baba bategura uyu munsi kugirango uzarusheho kuba mwiza.

Uretse amahoteli, utubari n’ahabera ibitaramo usanga n’abacuruzi benshi cyane ab’indabo baba barashyizeho igabanya ry’ibiciro ku bakundana kugirango barusheho kwishimana uwo munsi.

Ni kuri iyo mpamvu Kompani isanzwe ikora iby’Ubwiza izwi nka The One Diva Ltd isanzwe itegura amarusahnwa ya Diva Award yabateguriye ijoro ry’abakunda bise “Love Night Valentine’s rizaba ku tariki ya 14 Gashyantare 2025, kibere kuri Hotel yitwa The Manor iherereye Nyarutarama.

Uwo mugoroba w’urukundo uzab watumiwemo abantu batandukanye harimo n’ abahanzi bazwi mu ndirimbo z’urukundo, aba Djs, harimo no kwerekana filime y’urukundo ndetse na Band izaba iri gucuranga indirimbo z’urukundo.

Kwinjira muri iki gitaramo cy’ijoro ry’urukundo byagiye bishyirwa mu byiciro bigendanye no ku bushobozi bwa buri muntu.

Uzishyura ibihumbi 50frw azahabwa ibirahuri bibiri bya wine, ibyo kurya hamwe n’indabo. Abazishyura ibihumbi 100frw bazahabwa icupa rya wine, ibyo kurya, hamwe n’indabyo. Abazishyura ibihumbi 200frw bazahabwa icyumba cyo kuraramo, icupa rya wine ryo mu bwoko bwa ‘Sparkling wine’ indabyo hamwe n’ifunguro.

Nyuma y’ibyo byose abantu bakundana bazahabwa n’igihe cyo kujya kubyina mu kabyiniro ka Hotel kazaba kacurangiwemo n’aba Djs bagezweho mu Rwanda.

 

You Might Also Like

R Kelly yahishuye ko ubuzima bwe bugeramiwe muri Gereza afungiyemo

Ibyifuzo byababuranira P Diddy byongeye kwangwa mu rukiko

King James yahishuye ko azakora ibitaramo byinshi ubwo azaba yizihiza imyaka 20 amaze mu muziki

Producer Niz Beat yashimye uruhare Mico The Best yagize mu ikorwa ry’indirimbo Sana ya Afrique

Umuhanzi Kevin Montana arashinja Ish Kevin Ubuhemu

Nsanzabera Jean Paul February 8, 2025 February 8, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Ibyishimo by’umunyamideli Sonia Mugabo wambitse abakomeye barimo Perezida Kagame mu bikorwa byo kwiyamamaza (Amafoto )

July 18, 2024
Imyidagaduro

Uganda : Umunyarwenya Sam Okanya yagizwe umwere nyuma y’amezi mu gihome

November 27, 2024
Imikino

Peace Cup 2023/2024 : Ihurizo muri FERWAFA

December 28, 2023
Andi makuru

Inama ya Guverinoma yemeje izamurwa ry’umusoro ku nzoga n’itabi

February 10, 2025
Andi makuru

Perezida Evariste yongeye kuvugisha imbuga nkoranyambaga yigereranya na Yezu

April 19, 2025
Utuntu n'utundi

Urusengero rwa Pastor Mboro rwigabijwe n’abanyeshuri bararutwika

August 7, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?