SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umunyamabanga Mukuru wa Loni arasaba abarwana mu burasirazuba bwa RDC gutanga amahoro
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Umunyamabanga Mukuru wa Loni arasaba abarwana mu burasirazuba bwa RDC gutanga amahoro
Andi makuru

Umunyamabanga Mukuru wa Loni arasaba abarwana mu burasirazuba bwa RDC gutanga amahoro

Ahupa Radio
Ahupa Radio Published February 7, 2025
Share
SHARE

Umunyamabanga Mukuru wa w’umuryango w’abibumbye António Guterres yasabye abahangany mu burasirazuba bwa Congo gutanga amahoro kuko ibintu bikomeje kubaba bibi .

António Guterres yasabye abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 baterwa inkunga n’ingabo n’ingabo z’U Rwanda zigenzura umujyi wa Goma gutanga amahoro kuko ibintu bikomeje kugenda biba bibi kugenza ubwo abaturage bo muri Kivu y’amajyepfo.

Yagize ati” abantu ibihumbi n’ibihumbi bamze gusiga ubuzima muri iriya ntambara harimo abagore n’abana abandi nabo nkabo bakuwe mu byabo muri RDC .

Yakomeje avuga ko bibutsa imitwe yitwaje intwaro yaba iya banyekongo cyangwa yo mu bindi bihugu ko yareka gukomeza gutera ubwoba abaturage ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo .

Nkuko raporo za Loni zibitangaza iyi ntambara yatewe n’umutwe wa M23 kuva muri Mutarama imaze gutwara ubuzima bw’abantu barenga 900 , yimura abanda mu ngo zabo ibihumbi 700 ikomerekeramo abarenga 2000 muri kivu y’amajyarugru gusa .

Kuri António Guterres asanga nta mpamvu yo gukoresha imbaraga za gisirikare ahubwo ari ugushyira intwaro hasi bagaharanira ubusugire bwa Repubulika iharanira Demokrasi ya Congo ,kandi bakubaha amategeko mpuzamahanga aharanira uburenganzira bwa Muntu .

Kuri uyu wa gatanu biteganyijwe ko abakuru b’Ibihugu b’umuryango w’Abanyafurika y’iburasirazuba (EAC) n’umuryango w’iterambere rya Afurika y’Epfo (SADC) bazahurira i Tanzaniya mu nama iziga ku kibazo cty’Umutekano muke mu burasirazuba bwa Kongo.

Icyumweru gitaha, i Addis Abeba, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye azitabira inama y’umuryango w’amahoro n’umuryango w’ubumwe bw’Afurika. Aho Ikibazo cyo muri DRC y’iburasirazuba kizaba kiri hagati y’ibiganiro.

https://fr.africanews.com/embed/2748718

 

You Might Also Like

Minisitiri Nduhungirehe Olivier aranenga abayobozi bakomeje gusakaza amakuru ashobora guhungabanya amasezerano hagati na RDC

Elon Musk akomeje kwicuza icyamuteye kugirana ibibazo na Donald Trump

Minisitiri Constant Mutamba yongeye guterana amagambo n’umushinjacyaha mukuru

Inkura 70 zari zitegerejwe mu Rwanda zagejejwe muri Parike y’igihugu y’akagera

Aline Gahongayire yahembuye imitima ya benshi bitabiriye igitaramo yakoreye mu bubiligi

Ahupa Radio February 7, 2025 February 7, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umunyamakuru Bianca yasubitse ibirori bya Bianca Fashion Hub 2023

July 26, 2023
Imyidagaduro

Sherrie Silver yashenguwe n’ihohoterwa rikorerwa umwana afasha yiyemeza kumuvuza

May 21, 2025
Imyidagaduro

Skol yateguye igitaramo Nyega Nyega kizahuriramo abaraperi bakanyujijeho mu Rwanda

May 5, 2023
Imyidagaduro

Mr Ibu wamamaye muri sinema yo muri Nigeria ararembye bituma agiye gucibwa akaguru

November 8, 2023
Andi makuru

Musanze: Inzu y’ubucuruzi yahiriyemo ibifite agaciro ka Miliyoni 15

May 27, 2025
Andi makuru

IGP Felix Namuhoranye yaburiye Abahinduye liquor stores zabo utubari

October 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?