SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: M23 ikomeje kwigarurira imijyi yo mu kivu y’amajyepfo irimo Minova na Bweremana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > M23 ikomeje kwigarurira imijyi yo mu kivu y’amajyepfo irimo Minova na Bweremana
Andi makuru

M23 ikomeje kwigarurira imijyi yo mu kivu y’amajyepfo irimo Minova na Bweremana

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 21, 2025
Share
SHARE

Umutwe wa M23/AFC nyuma yo gufata umujyi wa Lumbishi mu Kivu y’Amajyepfo umaze gufata agace ka Minova, mu mirwano imaze iminsi ndetse wahise uhakorera inama.

Imirwano ikomeje gukara cyane mu gace kerekera muri Kivu y’Amajyepfo, ingabo za Leta ya Congo, FARDC, iz’Abarundi na Wazalendo batakaje ibice bitandukanye mu mirwano bamazemo iminsi bahanganye na M23.

Ku wa Gatandatu umutwe wa M23 ufatanya na Alliance Fleuve Congo nibwo wafashe agace ka Lumbishi gakungahaye ku mabuye y’agaciro arimo zahabu.

M23 yakomeje kugaba ibitero aho muri Kalehe yerekera i Minova, aho yafashe kuri uyu wa Kabiri mu gitondo nubwo amakuru yavugaga ko ku wa Mbere yari yahagose.

Abaturage bagaragaye bakomera amashyi inyeshyamba bamwe bavuga ngo “karibu”, abandi bavuga ngo ni “amahoro”.

Umwe mu bayoboye abarwanyi ba M23 bafashe Minova yabwiye abaturage ko bagiye gutekana, ko nta we bazakoraho, abasaba kubwira abagiye mu mitwe ya Mai Mai kubabwira bakiyunga na bo, bakabigisha igisirikare ababishaka.

Yavuze ko abaturage bazajya bagenda amasaha yose kandi nta we ubiba.
Imirwano yo muri iki gitondo nkuko tubikesh Radio Okapi y’umuryango w’abaibumbye avuga ko benshi muba Wazalendo bafatanya na FARDC baguye muri iyo mirwano mbere y’uko umujyi wa Minova Ufaatwa.

 

GASABO: Polisi yataye muri yombi 2 bibaga abaturage bakoresheje ibikangisho
Perezida Kagame azaganiriza abaturage b’umujyi wa Kigali
Doug Emhoff umugabo wa Kamala Harris yirukanwe na Trump
Undi munyarwanda yakubitiwe ahareba inzega mu mikino olempike i Paris
Inteko rusange ya 26 y’Umuryango EAPCCO izabera i Kigali
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

5 Dragons Online Casino

May 28, 2024
Imyidagaduro

Rumaga,Ruti Joel ,Shauku Band n’Imyamibwa bahembuye imitima y’abakunzi ba Gakondo

November 25, 2023

Ruby Fortune Online Casino

May 28, 2024

Sports Gambling Online

May 28, 2024

Super Fast Hot Hot Slot

May 28, 2024

Can I Use Zippay To Play Online Pokies In Australia

September 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?