SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bushali yapfushije Mama we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bushali yapfushije Mama we
Imyidagaduro

Bushali yapfushije Mama we

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/01/15 at 6:13 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuraperi Hagenimana Jean Paul wamamaye nka Bushali ari mu gahinda gakomeye nyuma yo gupfusha umubyeyi we (nyina umubyara) witabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa 14 Mutarama 2025.

Bushali yasangije abamukurikira ikimenyetso cy’uko asutse amarira, yongera kwandika ijambo ’mama’ naryo ariherekesha amarira.

Umwe mu nshuti z’uyu muraperi akaba n’umwe mu bamufasha mu muziki, yadutangarije  ko Bushali ababajwe no kubura umubyeyi we witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 14 Mutarama 2025 azize uburwayi yari amaranye iminsi.

Icyakora ntabwo Bushali aravuga ku rupfu rw’umubyeyi we.

Uyu muhanzi abuze umubyeyi nyuma y’iminsi mike asohoye album yise “Full moon” avuga ko yafatanyije n’umuryango we, urimo umugore we n’abana babiri bamaze kwibaruka.

Inshuro nyinshi Bushali yakunze kubwira itangazamakuru ko uretse Imana imuba hafi mu muziki, ikindi gikunze kumufasha mu muziki we ari amasengesho y’ababyeyi be cyane cyane nyina umubyara.

Ku rundi ruhande, Bushali ntabwo yakunze guhuza ubuzima bw’ubwamamare bwe n’ubw’umuryango we kuko atari kenshi yakunze kugaragaza ababyeyi be yaba ku mbuga nkoranyambaga cyangwa mu bitaramo yitabira.

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul January 15, 2025 January 15, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Ruger yatandukanye n’inzu yamufashaga mu muziki we

February 8, 2024
Imyidagaduro

Kevin Montana yasabye abakunzi b’umuziki guhora bishimye mu ndirimbo yise Zamuka (Video)

November 1, 2024
Imikino

RIB yasabye Sam Karenzi Na Muramira Regis kureka intambara zabo z’amagambo Atari meza

May 15, 2025
Utuntu n'utundi

Gen Mamady Doumbouya yatse abaminisiti bose impapuro z’inzira

February 20, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yaganiriye na João Lourenço wa Angola ku kibazo cya RDC

November 29, 2024
Andi makuru

Goma :M23 yashyizeho inzego zicunga umutekano wo mu muhanda

February 18, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?