SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Amerika: Perezida Biden yongereye amezi 18 yo kuguma muri iki gihugu ku bimukira ibihumbi 800
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Amerika: Perezida Biden yongereye amezi 18 yo kuguma muri iki gihugu ku bimukira ibihumbi 800
Andi makuru

Amerika: Perezida Biden yongereye amezi 18 yo kuguma muri iki gihugu ku bimukira ibihumbi 800

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 13, 2025
Share
SHARE

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yatangaje ko yongereye amezi 18 yo kuguma muri iki gihugu ku bimukira ibihumbi 800.

Ikinyamakuru Euronews kivuga aba bimukira barimo ibihumbi 600 baturutse muri Venezuela, abaturutse muri El Salvador basaga ibihumbi 230,000, Abanya-Ukraine basaga ibihumbi 103.000 n’Abanya-Sudan 1900.

Mu 2021, Perezida Biden nabwo yongereye abimukira igihe cyo kuguma muri Amerika, ubwo yatangiraga kuyobora iki gihugu.

Muri rusange, abakomerewe by’agateganyo ku butegetsi bwe bamaze kurenga miliyoni imwe, bose baturutse mu bihugu 17.

Uyu mukuru w’Igihugu yafashe iki cyemezo mu gihe Donald Trump wateguje ko azirukana abimukira benshi badafite ibyangombwa, yitegura kongera kuyobora Amerika guhera tariki ya 20 Mutarama 2025.

Trump ubwo yari ku butegetsi kuva mu 2017 kugeza mu 2021, yagerageje kuvuguruza icyemezo cy’ubutegetsi bwamubanjirije cyo gukomorera by’agateganyo abimukira badafite ibyangombwa, ashaka kubirukana ariko Inkiko zirabyanga.

Ntabwo Trump azaba afite ububasha bwo kwirukana abimukira Perezida Biden yakomoreye mu gihe cy’amezi 18, kuko na bwo Inkiko zamwitambika nk’uko byagenze mu gihe cyashize.

Polisi yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Abapolisi 154
Kwibuka29 :Perezida Kagame na Madamu bacanye urumuri rw’icyizere rutangiza icyunamo cy’iminsi 100
Perezida Paul Kagame yageze I Dar Es Salam aho yitabiriye inama ihuza abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC
Adrien Misigaro, Patient Bizimana, Serge Iyamuremye bagiye guhurira mu gitaramo kizabera Phoenix
Abdel Fattah El-Sisi yongeye gutorerwa kuyobora Misiri muri manda ya gatatu
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Real Live Poker Game

May 28, 2024
Imyidagaduro

Danny Vumbi yasangije abafana be zimwe mu ndirimbo ziri kuri alubumu ye yise 365

April 1, 2023

Mnl777 Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

Online Pokies Real

February 25, 2025

Double In Blackjack

February 25, 2025

Safe Electronic Casino In Ireland Gambling

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?