SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Amerika: Perezida Biden yongereye amezi 18 yo kuguma muri iki gihugu ku bimukira ibihumbi 800
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Amerika: Perezida Biden yongereye amezi 18 yo kuguma muri iki gihugu ku bimukira ibihumbi 800
Andi makuru

Amerika: Perezida Biden yongereye amezi 18 yo kuguma muri iki gihugu ku bimukira ibihumbi 800

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 13, 2025
Share
SHARE

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yatangaje ko yongereye amezi 18 yo kuguma muri iki gihugu ku bimukira ibihumbi 800.

Ikinyamakuru Euronews kivuga aba bimukira barimo ibihumbi 600 baturutse muri Venezuela, abaturutse muri El Salvador basaga ibihumbi 230,000, Abanya-Ukraine basaga ibihumbi 103.000 n’Abanya-Sudan 1900.

Mu 2021, Perezida Biden nabwo yongereye abimukira igihe cyo kuguma muri Amerika, ubwo yatangiraga kuyobora iki gihugu.

Muri rusange, abakomerewe by’agateganyo ku butegetsi bwe bamaze kurenga miliyoni imwe, bose baturutse mu bihugu 17.

Uyu mukuru w’Igihugu yafashe iki cyemezo mu gihe Donald Trump wateguje ko azirukana abimukira benshi badafite ibyangombwa, yitegura kongera kuyobora Amerika guhera tariki ya 20 Mutarama 2025.

Trump ubwo yari ku butegetsi kuva mu 2017 kugeza mu 2021, yagerageje kuvuguruza icyemezo cy’ubutegetsi bwamubanjirije cyo gukomorera by’agateganyo abimukira badafite ibyangombwa, ashaka kubirukana ariko Inkiko zirabyanga.

Ntabwo Trump azaba afite ububasha bwo kwirukana abimukira Perezida Biden yakomoreye mu gihe cy’amezi 18, kuko na bwo Inkiko zamwitambika nk’uko byagenze mu gihe cyashize.

Skol yifatanyije n’abaturage bo mu Nzove mu muganda (Amafoto )
Urukiko rwateye utwatsi ikirego Rusesabagina aregamo kompanyi ya Gainjet yamuzanye mu Rwanda
Liza Mugisha wakoreraga muzika ye muri Canada yagarutse mu Rwanda
Riderman yashyize hanze indirimbo yise I Miss you kubera urukumbuzi
Intambara y’amagabo hagati ya Elon Musk na Julius Malema ikomeje gufata indi ntera
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

What Are The Best Online Casinos Offering No Deposit Bonus Pokies In Australia

September 5, 2023
Imyidagaduro

Davis D yishimiye impanuro yahawe na Minisitiri w’urubyiruko Utumatwishima

November 25, 2024

Biggest Ireland Slot Machines Win

January 20, 2017

What Are The Tricks For Winning At Blackjack 2 Deluxe In Ireland

October 12, 2018

De Vilamoura Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2025

February 25, 2025

Cash Pandas Slot

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?