SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abibaza ku mpinduka muri Guverinoma nibategereze ntiziraba :Perezida Kagame
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Abibaza ku mpinduka muri Guverinoma nibategereze ntiziraba :Perezida Kagame
Andi makuru

Abibaza ku mpinduka muri Guverinoma nibategereze ntiziraba :Perezida Kagame

Ahupa Radio
Last updated: 2025/01/10 at 7:48 AM
Ahupa Radio
Share
2 Min Read
SHARE

Perezida Paul Kagame yavuze ko impinduka muri Guverinoma zitaraba kuko zihera ku bintu byinshi, ariko byose biba bigamije kurushaho gukorera Abanyarwanda.

Muri ibyo byinshi harimo imiterere y’igihe, imiterere y’Igihugu, imiterere y’abantu n’icyifuzo cy’Ubuyobozi bw’Igihugu buba bwifuza ko twakora ibintu neza nta guta igihe, bishoboye no kugabanya icyo bitwara, icyo bisaba byose bigakubira hamwe.

Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mutarama 2025.

Ubwo umunyamakuru yabazaga ibijyanye n’impinduka ziri kuba muri Guverinoma nta gihe kinini gishize.

Yagize ati: “Impinduka muri Guverinoma ntiziraba ahubwo turacyari ku ntangiriro kuko ubuyobozi bw’Igihugu buba bwifuza ko ibintu bikorwa neza, ndetse harimo kugabanya icyo bidutwara, icyo bidusaba byose bigakubira hamwe.”

Yavuze ko impinduka hari igihe zasaga naho zituje, ariko ko ikigenderewe ziba hagamijwe gukora igikwiye mu gihe runaka.

Ati: “Impinduka zibaye muri iki gihe gishize, mu mwaka ushize n’intangiriro z’uyu byari bitaraba ari mbere gato y’amatora twagiyemo na nyuma yo kurangiza umwaka , ariko ibyo byabaye hashize igihe impinduka isa niyatuje, ibyo rero bituruka mu kureba ikiba gikenewe muri icyo gihe.”

Yongeyeho ati: “Byose biva mu kugerageza ariko dufite gushakisha gukora byinshi bishoboka ku muvuduko ushoboka ngo hagabanywe uburemere bw’ibibazo abantu bahura nabyo, byaba mu buhinzi, mu bworozi, mu burezi, mu bikorwa remezo, byaba mu bikorera,Ni nko kuba rwose ufite igishushanyo imbere yawe  byose biriho, ibikorwa, bikakwereka ikivuyemo noneho bigashaka ngo uko wabirebaga, uko ibintu bigenda ugire ibyo uhindura.”

You Might Also Like

Kigali : Umusore wo mu kigero cy’ imyaka 20 yiyahuriye ku nyubako izwi nko kwa Makuza ahita yitaba Imana

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yatanze impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri Kenya

Canal+ Rwanda yashyize igorora abakiliya bayo ibaha Poromosiyo ya Umukiliya n’umwami

Minisitiri Mutamba Constant yitabye ubushinjacyaha ashagawe n’abunganizi 20

Perezida Kagame yasuye ishuri rikuru ry’’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano muri Algerie

Ahupa Radio January 10, 2025 January 9, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Abakristo bateguriwe igitaramo cyo kwizihiza Pasika cyiswe ‘Ewangelia Easter Celebration Concert’

February 7, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yageze mu Bwongereza aho yitabiriye iyimikwa ry’Umwami Charles wa III

May 4, 2023
Imyidagaduro

Umunyarwenya wamamaye ku rubuga rwa TikTok nka 2Pac yitabye Imana

March 31, 2023
Imyidagaduro

Rusine .Rufendeke,Joshua na Seth bahurijwe mu gitaramo cyateguwe na Karisimbi Events i Musanze

December 20, 2023
Andi makuru

Javanix yahuje imbaraga na Theo Bosebabireba bakorana indirimbo bise Nzakagendana (Video)

July 28, 2024
Andi makuru

Green Party yatoye abazayihagararira mu matora y’abadepite mu majyepfo

March 11, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?