SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Igitaramo cya Swangz Avenue All Star kimuriwe umwaka utaha
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Igitaramo cya Swangz Avenue All Star kimuriwe umwaka utaha
Imyidagaduro

Igitaramo cya Swangz Avenue All Star kimuriwe umwaka utaha

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/16 at 2:24 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Swangz Avenue ni  imwe mu nzu zifasha abahanzi ndetse zikanategura ibitaram bikomeye yo mu gihugu cya Uganda  ariko mu mwaka wa 2008 ubwo yashingwaga na Benon Mugumya iyi nzu imaze kubaka amateka hano muri afurika y’iburasirazuba aho yazamuye abahanzi benshi abandi ikabafasha  kumneyekana cyane  hano muri Afurika na handi henshi kw’Isi

Mu bahanzi iyi nzu imaze gufasha kandi bahagaze neza mu muziki w Uganda harimo nka Micheal Ross, Viboyo Oweyo , James B , Vampino , Benon ,Young Zee ,Vinka, Winnie Nwagi ,Azawi ,Zafaran , Elijah Kitaka na bandi benshi ikomeje kubaka izina cyane no mu bijyanye no gutegura ibitaramo  bikomeye  muri  iki gihugu .

Dukomereje  ku bijyane no gutegura ibitaramo  mu mpera  z’uyu mwaka dusoza  bari bateguye igitaramo cya Swangz Avenue All Star  cyagombaga guhuriamo abahanzi bose bafashwa niyo ariko ubuyobozi bwayo bwatangaje ko icyo gitaramo giteganyijwe  kuzaza  muri Mata 2025

Ibi  babitangaje nyuma yahoo abo bahanzi bose babarizwa muri Swangz Avenue bakoranye  indirimbo mu kwezi  kwa Cumi uyu mwaka  igakundwa cyane .

Ubuyobozi bwa Swangz Avenue  bwatangarije uwo  mwanzuro  mu iserukiramuco rya Uganda Waragi Noise Nation Festival, aho Dexta Daps yakoreye igitaramo  muri Lugogo Cricket Oval mu minsi ishize

Abakunzi b’umuziki wa Uganda bashimishijwe cyane n’iki gitekerezo, maze Swangz Avenue ibasezeranya gukomeza kubansangiza amakuru arambuye mu minsi ya vuba aha, harimo n’ahantu kizabera   n’ibiciro by’amatike.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul December 16, 2024 December 16, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Ibitaramo bya Mico The Best iburayi byigijwe inyuma

September 13, 2023
Imyidagaduro

Dj Alisha akomeje kuba igitaramo ku mbuga nkoranyambaga I Kampala

March 30, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda rigizwe n’abayobozi bakuru mu Rugaga rw’Ubucuruzi muri Arabie Saoudite

February 13, 2025
Andi makuru

Uganda : Urubyiruko rwishoye mu mihanda rwatangiye guhura n’uruva gusenya (Amafoto)

July 23, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira mu nama muri Congo Brazzaville

October 28, 2023
Imyidagaduro

Shakira agiye gushyira hanze alubumu ye ya 12 yise ”Las Mujeres Ya No Lloran’

February 19, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?