SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira mu nama muri Congo Brazzaville
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira mu nama muri Congo Brazzaville
Andi makuru

Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira mu nama muri Congo Brazzaville

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: October 28, 2023
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Congo, Félix Tshisekedi,batumiwe na mugenzi wabo   wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, mu nama ibera mu mujyi wa Brazzaville.

Ni inama yiga  kurusobe rw’ibinyabuzima n’amashyamba iri kubera mu kigo cy’Inama Mpuzamahanga cya Kintélé yatangiye guhera ku wa 26 kugeza ku wa 28 Ukwakira 2023.

Ikinyamakuru Jeune Afrique  cyivuga ko usibye Perezida Kagame na Tshisekedi,iritabirwa kandi na Perezida wa Gabon Brice Oligui Nguema,abandi Bakuru b’Ibihugu 10, abavuga rikumvikana ku rwego mpuzamahanga ndetse n’abandi barenga ibihumbi 3000.

Ikinyamakuru Daily Nation cyo muri Kenya, cyemeje ko William Ruto yamaze kugera muri Congo Brazzavile muri iyi nama yitabirwa n’ibihugu 37.

Muri iyi nama harashyirwa ibuye fatizo ahazubakwa ikigo cyo kubungabunga uruzi rwa Amazon (Amerika), uruzi rwa Congo (Afurika), n’urwa Bornéo-Mekong , (Asia), ahabarizwa urusobe rw’ibinyabuzima hafi ku kigero cya 80% ku Isi muri gahunda yo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe.

Imyanzuro ifatirwa muri iyi nama ikazasuzumwa kandi mu nama mpuzamahanga yiga ku ihindagurika ry’ibihe  ya COP28 izaba mu mpera z’ukwezi ku Ugushyingo uyu mwaka i Dubai.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Mugenzi we wa Togo Faure Gnassingbé
Munyakazi Sadati yatorewe kuyobora Komisiyo y’Ubukungu muri Komite Nyobozi y’Umuryango FPR Inkotanyi mu Karere ka Gasabo
1000 Hills event igiye gutanga ibihembo byiswe “Rwanda Women in Business Awards 2024
Burkina Faso na Niger byikuye mu muryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa
Umugore wo muri Nijeriya yakwepye umugabo we ku munsi w’ubukwe bwe
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Free Online Slots No Deposit Win Ireland 2023

May 11, 2019

What Are The Most Popular Pokies Games And Slot Machines In Australia

September 5, 2023

Best Slots Bonuses Au

September 5, 2023

Casino In Alice Springs

February 25, 2025

Prime Slots Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Judi Slot Online

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?