SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Agahinda k’abafana ba Kiyovu Sc bagatuye Perezida wa Repubulika Paul Kagame
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Agahinda k’abafana ba Kiyovu Sc bagatuye Perezida wa Repubulika Paul Kagame
Imikino

Agahinda k’abafana ba Kiyovu Sc bagatuye Perezida wa Repubulika Paul Kagame

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/11 at 8:47 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Kuva uyu mwaka w’imikino 2024-25 watangira, ikipe ya Kiyovu Sports yakomeje kugorwa no kubona amanota. Ibi byatewe no kuba iyi kipe yo ku Mumena yarafatiwe ibihano na FIFA kubera abakinnyi bayireze kutubahiriza amasezerano.

Kuri uyu wa Gatatu Urucaca rwakinaga na APR FC umukino w’ikirarane cy’umunsi wa Kane wa shampiyona, abakunzi b’iyi kipe bazanye ibyapa byanditseho amagambo atabaza Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame.

Bati “Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, abakunzi ba Kiyovu Sports turatabariza ikipe yacu ngo mudukure mu manga kuko ikipe dukunda iri mu marembera.”

Ni nyuma kandi y’uko Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bwakoze ikiganiro n’itangazamakuru ku wa kabiri wa tariki ya 10 Ukuboza 2024, cyasobanuraga kuri byinshi bimaze iminsi biyivugwamo.

Perezida w’Urucaca, Nkurunziza David, yavuze ko ibibazo byose iyi kipe iri guhura na byo, byasizwe n’abo yasimbuye barimo Mbonyumuvunyi Abdulkarim, Ndorimana Jean François Regis na Mvukiyehe Juvénal.

Kiyovu Sports iri ku mwanya wa nyuma n’amanota arindwi mu mikino 12 imaze gukina ,bikaba bikomeje kuyiroha mu mpanga wa mugani w’abafana bayo bamaze gutakaza icyizere .

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul December 11, 2024 December 11, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ikoranabuhanga

Umuvugizi wa RIB yaburiye abakoresha Urubuga rwa Whatsapp

June 5, 2024
Imikino

Myugariro wa Arsenal Jurriën David Norman Timber ari mu Rwanda

December 14, 2023
Imyidagaduro

Koffi Olomide yahamagajwe mu bushinjacyaha

July 13, 2024
Andi makuru

Mozambique : Venancio Mondlane utavuga rumwe n’Ubutegetsi yitabye umushinjacyaha Mukuru

March 12, 2025
Imyidagaduro

Eddie Kenzo agiye guhindura idini mu gihe ubukwe bwe na Phiona Nyamutooro bwegereje

August 5, 2024
Andi makuru

M23 yishe Maj Gen Peter Cirimwami

January 24, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?