SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Mozambique : Venancio Mondlane utavuga rumwe n’Ubutegetsi yitabye umushinjacyaha Mukuru
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Mozambique : Venancio Mondlane utavuga rumwe n’Ubutegetsi yitabye umushinjacyaha Mukuru
Andi makuru

Mozambique : Venancio Mondlane utavuga rumwe n’Ubutegetsi yitabye umushinjacyaha Mukuru

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: March 12, 2025
Share
SHARE

Kuri  uyu wa kabiri tariki ya 11 Werurwe  2025 nibwo  Venance  Mondlane  umwe mubatavuga rumwe  n’Umutegetsi muri Mozambike  yageze ku biro by’Umushinjacyaha  Mukuru I Maputo aho yari agiye kumva bimwe mu birego umunani ashijwa .

Uyu  mugabo ubwo yageraga ku rukiko rukuru rwa Maputo yari arinzwe n’abapolisi benshi ndetse yari ari kumwe na bamwe  mubarwanashyaka be mu ishyaka Podemos .

Uyu  mugabo wiyamamarije kuba Perezida wa Mozambike arashijwa kuba yarateje  imvururu mu myigaragambyo  yabaye nyuma y’amatora ndetse no kugumura abaturage agateza umutekano mucye mu gihugu .

Ibyo birego  nibyo  umushinjacyaha yahereyehoamurega  mu rukiko rukuru mu ugushyingo umwka ushize aho yanasabye  Indishyi za Miliyoni 500 z’amadorali  kugira ngo hishyurwe ibyangiritse  muri cyo gihugu bitewe abarwanashyaka b’umutwe we wa Politiki wa Podemos bari bamushigikiye  mu gihe cy’amatora

Mu iburanishwa rye Monlane  nawe yatanze  ikirego  ashinja POlisi y’Igihugu ya  Mozambike ko yakoresheje  ingufu z’Umurengera  ku bantu 411 bo  mu mutwe we  wa Politike zanatwaye  ubuzima bwasaga 42 .

Mondlane ntiyarekeye aho kuko  nyuma y’icyo kirego yashinje Perezida  Daniel Chapo  bari bahanganye mu matora  kuba yaratanze itegeko ryo guhohotera abigaragambya mu ijambo rye  yavuze avuga kwimEneka ry’amaraso ,ko  yamwibasiye  ku ya 5 Werurwe  ubwo  yari ayoboye abari  bari kwigaragambya mu murwa mukuru Maputo nibura abantu  16 bagakomerekera muri icyo  gikorwa .

Nkuko tubikesha Ikinyamakuru Africanews ni uko umutekano ubu umeze neza muri Maputo, Nyuma y’ibikorwa byinshi bishyira igitutu kuri  guverinoma n’abatavuga  rumwe n’ubutegetsi  muri icyo  gihugu

 

Yvonne Manzi Makolo yatangiye kuyobora Inama y’Ubutegetsi ya IATA.
Gen Muhoozi Kainerugaba yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda
Abaskuti biyemeje gutera ibiti byera imbuto ziribwa mu cyumweru cyahariwe ubuskuti mu Rwanda
HUYE :Impanuka y’ikamyo ebyiri yangije byinshi
Ed Sheeran yarahiye ko atazongera gukoresha ibiyobyabwenge nyuma y’urupfu rwa Pal Jamal
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Slots Heaven Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2024

May 28, 2024

Live Roulette Numbers

February 25, 2025

Huge Roulette Win

February 25, 2025

Crazy Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Giropay Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Online Casino Real Money Ie Paysafe

January 20, 2017

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?