SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Jose Chameleon yatumiwe mu gitaramo muri Kigali Universe umwaka utaha
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Jose Chameleon yatumiwe mu gitaramo muri Kigali Universe umwaka utaha
Imyidagaduro

Jose Chameleon yatumiwe mu gitaramo muri Kigali Universe umwaka utaha

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/09 at 7:40 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuririmbyi w’umunya- Uganda wamenye nka Jose Chameleone, yatangaje ko agiye gukorera igitaramo cye i Kigali mu ntangiriro z’umwaka utaha

Ku wa 3 Gashyantare 2022, nabwo yari yatangaje igitaramo nk’iki. Ariko icyo gihe ntiyari yavuze aho kizabera.

Kuri iyi nshuro yagaragaje ko kizabera muri Kigali Universe, ku wa 3 Mutarama 2024.

Kandi azaba ari wenyine ushingiye ku makuru atangwa nawe. Kuva muri Gashyantare 2022, yatangaza ko azataramira i Kigali, abantu barategereje amaso ahera mu kirere.

Umwe mu bamaze igihe mu muziki w’u Rwanda, yadutangarije ko bijya bibaho umuhanzi agatangaza igitaramo ‘kidahari’ ashaka ko abaterankunga n’abashoramari bamugana bakamufasha gutegura icyo gitaramo kugeza kirangiye.

Uyu muririmbyi aheruka gutaramira mu Rwanda mu mwaka wa 2018, mu gitaramo cya Dj Pius cyo kumurika Album ye yise ‘Iwacu’ cyabereye muri Camp Kigali.

Joseph Mayanja uzwi nka Chameloene ni umuhanzi w’umunya-Uganda ukora umuziki wubakiye ku njyana ya AfroBeat.

Aririmba cyane mu rurimi rw’Icyongereza, Igiswahili na Luganda. Ni umunyamuziki watangiye urugendo mu mwaka wa 1990 ubwo yari mu gihugu cya Kenya, atangiriye mu itsinda rya Ogopa Deejays.

Yavutse ku wa 30 Mata 1979, muri Mata 2023 azuzuza imyaka 44. Afite abana barimo Abba Marcus Mayanja, Amma Christian Mayanja, Alba Shyne Mayanja n’abandi.

Afite abavandimwe barimo Pallaso na Weasel bakora umuziki, ndetse na AK 47 witabye Imana. Kuva mu mwaka wa 2008,

Uyu mugabo yamamaye cyane mu ndirimbo zirimo Badilisha yo mu 2012, Shida Za dunia yo mu 2005, Kuma Obwedisgwa, Tubonge n’izindi.

 

 

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul December 9, 2024 December 9, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umubyeyi wa Tupac arashinja Leta y’Amerika urupfu ry’umuhungu we

June 16, 2023
Kwamamaza

Kaizen Hotel yashyize igorora abakiliya bayo ba siporo na sauna Massage

April 30, 2025
Andi makuruUtuntu n'utundi

Captain Ibrahim Traoré uyobora inzibacyuho muri Burkina Faso yiyongeje imyaka itanu

May 27, 2024
Imyidagaduro

Igitaramo cy’Imandwa cyari cyateguwe Rutangarwamaboko cyasubitswe

November 10, 2023
Imyidagaduro

Alliah Cool yashwishwiburije abavuze ko igihembo yahawe muri (EAEA)’ atagikwiriye

April 16, 2024
Imyidagaduro

Mbosso yajyanywe mu bitaro

February 12, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?