SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ruger na Victony bagiye gutaramira mu Rwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ruger na Victony bagiye gutaramira mu Rwanda
Imyidagaduro

Ruger na Victony bagiye gutaramira mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/09 at 11:33 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Michael Adebayo Olayinka wamamaye wamenyekanye  Ruger na Anthony Ebuka Victor wamenyekanye nka Victony, bagiye  bateguje igitaramo mu Rwanda

Amakuru dukesha abari gutegura icyo gitaramo  gitaramo ni uko abo bahanzi  bombimuri BK Arena ku wa 28 Ukuboza 2024.

Ruger agiye kongera gutaramira i Kigali nyuma y’imyaka ibiri kuko yaherukaga kuhataramira ku wa 19 Gashyantare 2022, mu gitaramo cyabereye kuri Canal Olympia i Rebero.

Iki gitaramo cyari cyahuriyemo abahanzi nka Gabiro Guitar, Okkama, Kenny K-Shot, Ish Kevin, Ariel Wayz, Gustave Fuel na Afrique bo mu Rwanda.

Uretse Ruger, Victony ugiye gutaramira i Kigali yari yatekerejweho na Davis D mu gitaramo cye yise ’Shine Boy Fest’ cyabaye mu impera z’icyumweru gishize, icyakora biza guhinduka ku munota wa nyuma birangira atumiye Nasty C.

Victony, ni umunya-Nigeria uvanga kurapa no kuririmba. Uyu musore wavutse ku wa 5 Mutarama 2001 akomoka mu gace Orsu muri Leta ya Imo. Yamamaye mu ndirimbo nka Soweto, Kolomental, Stubborn yakoranye na Asake n’izindi nyinshi.

Ruger ni umusore ukunzwe  mu muziki cyane ko ari mu bagezweho muri Nigeria no muri Afurika muri rusange.

Ruger yazamutse cyane mu muziki nyuma yo gusinyana amasezerano y’imikoranire na D’Prince binyuze muri sosiyete ye ifasha abahanzi yitwa ’Jonzing World Record’.

Uyu  musore ukunzwe cyan n’inkumi azwi cyane mu ndirimbo nka Toma Toma  aherutse gukorana na Tiwa Savage ,Luv again ,Make  way ,Ruger n’izindi  nyinshi  zakunzwe nabatari bake.

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul December 9, 2024 December 4, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Amateka y’u Rwanda ajyanye no Kwibohora yanditswe mu maraso – Perezida Kagame

July 4, 2023
Imyidagaduro

Noopja yagizwe umuyobozi uhagarariye inyungu za Trace East Africa mu Rwanda

January 12, 2023
Imikino

CAN 2023: Maroc yahabwaga amahirwe yasezerewe

January 31, 2024
Imyidagaduro

Munezero Maurice wifuza kuzakorana indirimbo na Bruce Melodie yatuye umukunzi we indirimbo yise Mbaye uwawe

April 30, 2024
Imyidagaduro

Itsinda rya Kigali Protocol na Limax Entertainment bashyikirije inkunga y’ibyo kurya abasizwe iheruheru n ‘ibiza mu Rugerero

May 26, 2023
Kwamamaza

Israel Mbonyi yagizwe Brand Ambassador w’ikinyobwa cya Maltona gikorwa na Skol

July 26, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?