SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Riderman yakomoje kukuba aticuza kuba yarabaye umuraperi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Riderman yakomoje kukuba aticuza kuba yarabaye umuraperi
Imyidagaduro

Riderman yakomoje kukuba aticuza kuba yarabaye umuraperi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/11/27 at 1:01 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuraperi  Gatsinzi Emery  ukunzwe cyane nka Riderman ni umwe  mu baraperi dufite bakuru kandi bamaze imyaka myinshi  mu ruganda  rw’Umuziki nyarwanda  cyane  mu Njyana ya  Hip Hop  yakomje ku buryo iyi  njyana yamufashije kuba uwo ariwe kandi atabyicuza

Uyu  mugabo  w’umugore umwe n’abana  batatu yasimbukiye  ku mbuga nkoranyambaga ze  maze avuga uburyo iyi  njyana  yamuhinduriye  ubuzima akamera  nk’Uvutse bwa kabiri

Yagaragaje ko kuba yarahisemo iyi njyana, adateze kuzabyicuza, dore ko yemeza yahuriyemo n’abahanuzi, abarimu n’abandi benshi.

Mu butumwa bwe yasoje yibaza niba ibyiyumviro afitiye hip hop ari ubusazi, cyangwa se niba hari undi nawe byabayeho.

Mu magambo ye ati “Umunsi menya Hip Hop nabaye nk’uvutse bwa kabiri.

“Nigiye byinshi muri yo kandi yahinduye ubuzima bwanjye mu buryo bwiza ntari niteze.

“Uretse kuba irimo ubusizi, ubuhanuzi n’ubuhanzi buhambaye, inyigisho ziyibamo wazisanga mu njyana nke ku isi.

“Sinzigera nicuza kuba narayihisemo, kandi nzahora nishimira kuba narayimenye.

“Muri yo nabonye abarimu, mbonamo abavugabutumwa, inshuti, n’abasirikare badutoza uko intambara z’ubuzima zirwanwa.

“Ese hari undi byaba byaragendekeye nkanjye, cyangwa ni ubusazi bw’umwe nk’indoto za ndatabaye?”

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul November 27, 2024 November 27, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

ikipe y’igihugu amavubi yagiye muri Madagascar

March 18, 2024
Imyidagaduro

Ibya Card B na Offset bikomeje kuzamba nyuma yo gushyira hanze amashusho yabo batera akabariro

March 30, 2025
Imyidagaduro

Menya byinshi kuri Alubumu ya mbere ya Bwiza yise My Dream

June 27, 2023
Imyidagaduro

Sir Michael Gambon wamenyekanye muri filime ya Harry Potter yitabye Imana ku myaka 82

September 29, 2023
Iyobokamana

Grace Room Ministries ya Pastor Julienne Kabanda yateguye igiterane cyo kwishimira imyaka 5 imaze

November 21, 2023
Andi makuru

Kigali: Hateraniye inama y’amashami agize umuryango wa EAPCCO

April 24, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?