SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Xi Jinping yageneye Donald Trump ubutumwa bw’ishimwe ku ntsinzi ye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Xi Jinping yageneye Donald Trump ubutumwa bw’ishimwe ku ntsinzi ye
Andi makuru

Perezida Xi Jinping yageneye Donald Trump ubutumwa bw’ishimwe ku ntsinzi ye

Ahupa Radio
Last updated: 2024/11/07 at 8:13 PM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yageneye Donald Trump, ubutumwa buherekeza intsinze ye mu matora, avuga ko yizeye umubano n’ubufanye ku nyungu z’ibihugu byombi.

Aya ni amwe mu magambo yamubwiriye kuri telefone kuri uyu wa Kane, tariki ya 7 Ugushyingo 2024, ashimangira umubano uhamye, mwiza, kandi urambye hagati y’ibihugu byombi mu rwego rwo kubaka umuryango mpuzamahanga.

Aya magambo yayavuze nyuma y’uko Trump yavuze ko azongera imisoro ku bicuruzwa biva mu Bushinwa, ubwo yiyamamarizaga iyi manda.

Ibi byatumye ibitangazamakuru byinshi bitangaza ko bihangayikishijwe n’intambara y’ubucuruzi hagati ya Amerika n’u Bushinwa, isa nk’iyabaye kuri manda ya mbere ya Trump.

Perezida Xi Jinping yagaragaje ko yizeye ko Amerika n’u Bushinwa bizagirana ubufatanye mu gushaka kubana mu mahoro no gashimangira ibiganiro ku byo batandukaniyeho.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Ahupa Radio November 7, 2024 November 7, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ikoranabuhanga

Menya Byinshi kuri Iphone 16 igiye gusohoka

September 11, 2024
Andi makuru

Nkurunziza Jean Paul Umuvugizi wa Rayons Sport yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we (AMAFOTO)

June 22, 2023
Imyidagaduro

Miss Muheto ashobora kwitabira Miss World 2023 izabera Dubai

February 14, 2023
Imyidagaduro

Juno Kizigenza yakomoje kudatumirwa kwe mu bitaramo bikomeye mu Rwanda

October 7, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzi Javanix yahurije hamwe isabukuru ye n’igitaramo cyo gushimira abakunzi be

April 21, 2023
Andi makuru

CG (Rtd) Gasana yajuririye igifungo cy’iminsi 30

November 20, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?