SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Young Grace yakiranywe urugwiro n’abarimo Dj Traxx I Dubai
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Young Grace yakiranywe urugwiro n’abarimo Dj Traxx I Dubai
Imyidagaduro

Young Grace yakiranywe urugwiro n’abarimo Dj Traxx I Dubai

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/09/19 at 8:21 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Mu rukerera  rwo kuri  uyu wa kane nibwo umuhanzikazi Abayizera Marie Grace  uzwi nka Young Grace ahagana kw’isha ya saa kumi za Dubai  nibwo yari ageze ku kibuga cy’indege cya DXB  maze yakiranwa urugwiro n’abarimo Dj Traxx Umwe mu bakunzwe muri  uwo mujyi ndetse no mu Rwanda .

Aho ku kibuga cy’indege kandi yakiriwe n’abandi barimo Umuyobozi wa Agakoni entertainment isanzwe itegura ibitaramo by’abahanzi b’abanyarwanda  muri Leta zunze  ubumwe z’Abarabu cyane cyane  mu mujyi wa Dubai .

Young Grace ni ubwa mbere agiye gutaramira  mu bitaramo bya  “Dubai Hot Party” bisanzwe byitabirwa n’abakunzi ba Muziki  ba Banyarwanda baba muri Dubai  bimaze kwitabirwa n’ abahannzi batari bake bakomeye mu Rwanda nyuma  ya Bull Dogg ,Riderman, Green P, P Fla na bandi benshi bagiye bataramira muri icyo gihugu .

Uyu muhanzi wishimiye  kugera bwa mbere  muri Dubai yagaragaje amarangamutima menshi cyane  kabone ko ubwo yageraga muri icyo gihugu byahuriranye n’Itariki ye y’amavuko,

Ku ruhande rw’Agakoni entertainment Umuyobozi mukuru wayo Bwana Batman wateguye iki gitaramo, yavuze ko bahisemo Young Grace ‘kubera ko abakunzi ba Hip Hop hano i Dubai bari bakomeje  kubasaba ko bifuza umuraperikazi basanga ntawundi bahanganye uretse  Young Grace .

Biteganyijwe ko iki gitaramo kizaba kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21 Nzeri 2024 akaba azafatanya n’abandi bahanzi nyarwanda basanzwe bakorera muri Dubai nka Ice The Rapper, Skipado Di Satta ndetse na Hiriri Koco.kikazabera mu kabyiniro gakunzwe gusohokeramo abanyarwanda n’abarundi kitwa Sun &Sand Matrix Africa Club gaherereye mu gace ka Deira aho kwinjira ari  amadiramu 50 n’ijana muri VIP

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul September 19, 2024 September 19, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Umugambi wo kwivugana Joseph Kabila wapfubiye I Addis Ababa

February 18, 2025
Imyidagaduro

Peter Anthony Morgan wari umuyobozi w’itsinda ry’abaririmbyi rya Morgan Heritage yitabye Imana,

February 26, 2024
Andi makuru

Papa Francis yicujije ku magambo yavuze ku bagabo baryamana bahuje ibitsina

May 29, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar

March 21, 2023
Imyidagaduro

Britney Spears yarahiye ko nta rukundo agikeneye

July 10, 2024
Imyidagaduro

Munezero Maurice wifuza kuzakorana indirimbo na Bruce Melodie yatuye umukunzi we indirimbo yise Mbaye uwawe

April 30, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?