SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Young Grace yakiranywe urugwiro n’abarimo Dj Traxx I Dubai
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Young Grace yakiranywe urugwiro n’abarimo Dj Traxx I Dubai
Imyidagaduro

Young Grace yakiranywe urugwiro n’abarimo Dj Traxx I Dubai

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: September 19, 2024
Share
SHARE

Mu rukerera  rwo kuri  uyu wa kane nibwo umuhanzikazi Abayizera Marie Grace  uzwi nka Young Grace ahagana kw’isha ya saa kumi za Dubai  nibwo yari ageze ku kibuga cy’indege cya DXB  maze yakiranwa urugwiro n’abarimo Dj Traxx Umwe mu bakunzwe muri  uwo mujyi ndetse no mu Rwanda .

Aho ku kibuga cy’indege kandi yakiriwe n’abandi barimo Umuyobozi wa Agakoni entertainment isanzwe itegura ibitaramo by’abahanzi b’abanyarwanda  muri Leta zunze  ubumwe z’Abarabu cyane cyane  mu mujyi wa Dubai .

Young Grace ni ubwa mbere agiye gutaramira  mu bitaramo bya  “Dubai Hot Party” bisanzwe byitabirwa n’abakunzi ba Muziki  ba Banyarwanda baba muri Dubai  bimaze kwitabirwa n’ abahannzi batari bake bakomeye mu Rwanda nyuma  ya Bull Dogg ,Riderman, Green P, P Fla na bandi benshi bagiye bataramira muri icyo gihugu .

Uyu muhanzi wishimiye  kugera bwa mbere  muri Dubai yagaragaje amarangamutima menshi cyane  kabone ko ubwo yageraga muri icyo gihugu byahuriranye n’Itariki ye y’amavuko,

Ku ruhande rw’Agakoni entertainment Umuyobozi mukuru wayo Bwana Batman wateguye iki gitaramo, yavuze ko bahisemo Young Grace ‘kubera ko abakunzi ba Hip Hop hano i Dubai bari bakomeje  kubasaba ko bifuza umuraperikazi basanga ntawundi bahanganye uretse  Young Grace .

Biteganyijwe ko iki gitaramo kizaba kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21 Nzeri 2024 akaba azafatanya n’abandi bahanzi nyarwanda basanzwe bakorera muri Dubai nka Ice The Rapper, Skipado Di Satta ndetse na Hiriri Koco.kikazabera mu kabyiniro gakunzwe gusohokeramo abanyarwanda n’abarundi kitwa Sun &Sand Matrix Africa Club gaherereye mu gace ka Deira aho kwinjira ari  amadiramu 50 n’ijana muri VIP

Kenny Sol agiye kwongera gutaramira muri Canada
John Legend yunamiye inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 zishyinguye mu rwibutso rwa Kigali
Tanasha Donna aravugwa mu rukundo nundi musore
Israel Mbonyi, David Bayingana, Muyoboke na Junior Rumaga berekeje i Burayi 
Ish Kevin na Bushali Bagiye gukorera igitaramo I Burundi
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Paysafecard Online Pokies New Zealand

May 28, 2024

Bonus Code For Ignition Casino

February 25, 2025

Tricks How To Win At Money Pokies

September 5, 2023
Andi makuru

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasabye Abamotari kwirinda ubusinzi no gukora amakosa mu muhanda .

September 4, 2024

Online Pokies Real Money New Zealand

May 28, 2024

What Is The Best Pokies Deposit Bonus In Australia

September 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?