SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kamala Harris yateye utwatsi ibyo kuganirira na Trump kuri Fox News
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Kamala Harris yateye utwatsi ibyo kuganirira na Trump kuri Fox News
Utuntu n'utundi

Kamala Harris yateye utwatsi ibyo kuganirira na Trump kuri Fox News

Ahupa Radio
Last updated: 2024/08/04 at 10:27 AM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Kamala Harris uri imbere mu bahabwa amahirwe yo guhagararira ishyaka ry’abademokarate mu matora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yanze kuzajya mu kiganiro na mugenzi we Donald Trump bahatanye, ikiganiro kigomba kwakirwa na televiziyo ya Fox News.

Kamala yavuze ko atazaganira na Trump kuri Fox News mu gihe azaba ataritabira ikiganiro cya mbere cyari giteganyijwe kuri ABC News.

Kuwa Gatanu nibwo Trump yavuze ko yiteguye kuganira na Harris tariki 4 Nzeri kuri Fox News.

Icyakora gahunda yari ihari isanzwe izwi ni ikiganiro kizahuza aba bombi tariki 10 Nzeri nubwo Trump yumvikanye kenshi abyanga, akavuga ko iyo televiziyo yegamiye kuri Kamala Harris.

Uruhande rwa Kamala Harris narwo ruvuga ko Fox News yegamiye kuri Trump.

Itangazo itsinda rishinzwe kwamamaza Kamala ryashyizwe hanze kuri uyu wa Gatandatu ryagize riti “Trump akeneye kureka gukina imikino, akazabanza kwitabira ikiganiro twari twemeje mbere.”

Bavuze ko ikiganiro cya ABC News aricyo kigomba kubanza, ibindi bikaza nyuma.

Ikiganiro cyaherukaga ni icyahuje Trump na Joe Biden muri Kamena, cyarangiye Trump ahabwa amahirwe menshi yo gutsinda kubera uburyo yacyitwayemo.

Joe Biden nyuma yo kwitwara nabi, yaje kwivana mu bahatanye ashyigikira Kamala Harris usanzwe ari Visi Perezida.

 

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Ahupa Radio August 4, 2024 August 4, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

GASABO: Batatu bafatanywe magendu y’inzoga za liqueur zifite agaciro k’asaga miliyoni 5.4Frw

April 12, 2023
Imyidagaduro

Ish Kevin na Bushali Bagiye gukorera igitaramo I Burundi

January 31, 2023
Andi makuru

Perezida Ruto nyuma yo guhura naba Guverineri yemeye ibyo ibyo asabwa

December 16, 2024
Imyidagaduro

Dj Ira yemerewe ubwenegihugu na Perezida Kagame

March 16, 2025
IkoranabuhangaUbukungu

U Bushinwa bwatangiye gukora Internet ya 6G

April 27, 2023
Andi makuru

Perezida Kagame yasabye Abaminisitiri bashya kwisuzuma ku giti cyabo

August 19, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?