SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ed Sheeran akomeje guca uduhigo mu Bwongereza
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ed Sheeran akomeje guca uduhigo mu Bwongereza
Imyidagaduro

Ed Sheeran akomeje guca uduhigo mu Bwongereza

Gossip Kigali
Last updated: 2024/07/23 at 8:30 AM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi w’icyamamare, Ed Sheeran, yaciye agahigo ko kuba umuhanzi wa mbere mu Bwongereza ufite album n’indirimbo zumvishwe cyane kurusha abandi mu myaka icumi (10) ishize.

Ed Sheeran umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo ubufatanya no gucuranga gitari, ni umwe mu bahanzi bakomoka mu Bwongereza bagiye bigarurira imitima ya benshi bitewe n’ibihangano bye akenshi biganisha ku rukundo.

Kuri ubu yamaze gutangazwa nk’umuhanzi wa mbere mu Bwongereza uyoboye abandi aho ari we ufite ‘Album’ yumvishwe n’abantu benshi mu myaka 10 ishize. Iyi album niyo yise ‘Divide’ yasohoye mu 2017, iyi kandi ni nayo yamaze igihe kinini ari iya mbere ku rubuga rwa Billboard Hot 100.

Indirimbo ye yigeze guca ibintu mu minsi yashize yitwa ‘Shape Of You’ yashotse kuri iyi album, niyo ndirimbo ya kabiri yumvishwe n’abantu benshi mu myaka 10 ishize. Yaje ikurikiye iya Lewis Capaldi yise ‘Someone You Loved’ yabaye iya mbere.

Mu gihe indirimbo ye yise ”Bad Habits’ yaciye agahigo ko kuba iya mbere yarebwe na bantu beshi kuri YouTube mu myaka icumi ishize. Iyi ndirimbo yarebwe n’abantu miliyoni 9 mu minsi itatu gusa. Iyi yakurukiwe niya Adele yitwa ‘Easy On Me’ yarebwe n’abantu miliyoni 24 mu cyumweru kimwe isohotse.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Gossip Kigali July 23, 2024 July 23, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Abantu 76 barokotse impanuka y’indege ya Delta Airlines

February 18, 2025
Imyidagaduro

Jose Chameleon yatumiwe mu gitaramo muri Kigali Universe umwaka utaha

December 9, 2024
Andi makuru

AFC/M23 yafashe Santere ya Nyabiondo muri Teritwari ya Masisi

March 10, 2025
Imyidagaduro

Rumaga ,Ruti Joel, Itorero Inyamibwa na Shauku Band bijeje ibintu byiza abazitabira igitaramo Kigali Kulture Konnekt .

November 14, 2023
Ubukungu

Umuherwe Johanna Rupert yesheje agahigo ko kuba umukire wa mbere muri Afurika

August 4, 2024
Andi makuru

Guverineri Cg (Rtd ) Emmanuel Gasana yakuwe mu mirimo

October 25, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?