SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bebe Cool yahishuye ko ashora menshi kuri Ssalli nk’ubucuruzi atari uko ari umuhugu we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Bebe Cool yahishuye ko ashora menshi kuri Ssalli nk’ubucuruzi atari uko ari umuhugu we
ImikinoImyidagaduro

Bebe Cool yahishuye ko ashora menshi kuri Ssalli nk’ubucuruzi atari uko ari umuhugu we

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/07/18 at 2:55 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

 

Umuhanzi  Moses Ssalli uzwi nka Bebe  Cool  hano muri afurika y’Iburasirazuba azwiho kuba umwe mu bahanzi  bafite agatubutse kuko amze imyaka itari munsi ya 17 akora umuziki mu gihugu  cye cya Uganda , Uyu  mugabo  yahishuye  ko ashora amafaranga menshi  k’umuhugu  we  Alpha  Ssalli  .

Uyu mugabo  yatangaje ko  yiteze  inyungu nyinshi  mu buhanga bw’umupira  w’amaguru  umuhungu we afite  ,yasobanuye  ko kugeza ubu  akomeje gushora  Amafaranga menshi kuri  Alpha  Ssalli  kuko abona  ari umusngi  mwiza  w’ubucuruzi Atari ukbera ko ari umuhungu

Bebe cool usanzw ayobora Gagamel  yavuze ko  yamaze  kubwira umuhungu we  kudasesagura  igishoro  cye  akab ariyo mpamvu amusaba gukora cyane  kugira azagire  imbere heza mu  minsi iri imbere  .

Ubwo yari  mu kiganiro  kuri televiziyo imwe  mu gihugu cya Uganda  Bebe  Cool  yagize ati Ndimo gushora imari muri Alpha Ssali nk’ubucuruzi, ntabwo aruko  ari numuhungu wanjye.  Icyiza nuko aranyumva, kandi namusabye kudapfusha ubusa igishoro cyanjye.  Nzi neza ko, yiyemeje  neza ko  azajya gukina umupira k’umugane  w’uburayi.  Ndashaka inyungu ziva mu mafaranga nkomeje kumushyiramo

Alpha  Ssalli ni umwe  mu bana  batandatu uyu  muhanzi afite  harimo  batanu yabyaranye na  Zuena  na Mukuru wabo witwa  Hendrik   yabyaranye n’umugore we wa mbere batigeze babana .

Ubu uyu mwana  wa Bebe  Cool Alpa Ssalli akinira ikipe ya  Express Fc yo muri Uganda  mu cyiciro cya Mbere

 

 

 

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Nsanzabera Jean Paul July 18, 2024 July 18, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Gen Muhoozi Kaineruba yatangaje ko isabukuru ye izabera i kigali

March 31, 2023
Andi makuru

RIB yatangaje ko dosiye ya Junior Giti na Chris Eazy yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

April 6, 2023

test

December 31, 2022
Imyidagaduro

Doctall Kingslay yongeye kwerekana ko amaze kwigarurira imitima ya Banyarwanda mu Iwacu Summer Comedy Festival’

June 10, 2024
Imyidagaduro

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

May 29, 2025
Andi makuru

Ibigo 10 byahize ibindi byegukanye ibihembo muri Karisimbi Consumers Choice Awards 2024 (Amafoto)

May 22, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?