SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ifoto ya Kandida Perezid aha chance umwana muto ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Ifoto ya Kandida Perezid aha chance umwana muto ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Utuntu n'utundi

Ifoto ya Kandida Perezid aha chance umwana muto ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/07/11 at 3:04 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Ibikorwa byo kwiyamamaza by’umuryango wa FPR-Inkotanyi ku mwanya w’umukuru w’igihugu byakomereje i Gakenke aho Kandida Perezida Paul Kagame yaramukanyije n’umwana uri mu kigero cy’imyaka 3 y’amavuko, bizamura ibyishimo bya benshi.

Umukandida wa FPR-Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, usanzwe ari no mu nshingano nka Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, kuri uyu wa Kane tariki 11 Nyakanga 2024 yiyamamarije mu Karere ka Gakenke.

Ubwo yaramukanyaga n’abitabiriye iki gikorwa, yongeye gushimangira ingingo ikunze kugarukwaho na benshi ko ari umuntu ureba kure akabona n’ibyo abandi batabona mu gihe cyihuse.

Agana mu byicaro yari yateguriwe, yarebye nko muri metero 15 abona umwana wari uteruwe n’umubyeyi we, washakaga cyane kumusuhuza. Yahise yerekeza muri icyo gice maze asuhuzanya n’uyu mwana igipfunsi ku kindi, ibizwi nko ‘guhana censi’.

Yanasuhuje umubyeyi w’uyu mwana, amarangamutima azamuka ku mubyeyi n’abari kumwe na we. Ni ifoto yahise ihererekanwa byo hejuru ku mbuga nkoranyambaga, abantu bavuga ko ari iy’amateka kuko umwana n’umubyeyi batazibagirwa.

 

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Nsanzabera Jean Paul July 11, 2024 July 11, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

IGP Namuhoranye Felix yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Liberia (Amafoto)

August 26, 2024
Andi makuru

Amatora y’abahatanira ibihembo bya Rwanda Women in Business Awards’ yatangiye

February 27, 2023
Ubuzima

Airtel Money Rwanda na Radiant Insurance batangije ubwishingizi bise Ingoboka cash (Amafoto)

July 18, 2024
Imyidagaduro

Gabiro Guitar mu byishimo byinshi nyuma yo gutsinda Evolve Music mu rubanza baburanaga

May 1, 2025
Imikino

Peace Cup: Rayon Sports yanyagiye Interforce

January 17, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzi Sibomana Jean Marie yashimye ubutwari bw’abarokotse Jenoside mu ndirimbo yise Ibikomere

April 17, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?