SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bwiza yishimiye kuba yaratoranyijwe mu kwamamaza umukandida wa RPF Inkotanyi Paul Kagame
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bwiza yishimiye kuba yaratoranyijwe mu kwamamaza umukandida wa RPF Inkotanyi Paul Kagame
Imyidagaduro

Bwiza yishimiye kuba yaratoranyijwe mu kwamamaza umukandida wa RPF Inkotanyi Paul Kagame

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/07/08 at 1:16 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Mu gihe  ibikorwa byo kwiyamamaza  ku bakandida bahatanira umwnaya w’Umukuru w’igihugu  birimabanije bamwe  mu bahanzi  n’ibindi byamamare mu bintu bitanduaknye hano  mu Rwanda  bikomejekwerekana ko   byishimiye guhabaw amahirwe yo  guherekeza mu bikorwa byo kwamamaza  umukandida  w’Umuryango FPR  inkotanyi Paul Kagame aho yanyuzeho mu turere  dutandukanye  muri abo harimo umuhanzikazi Bwiza .

Bwiza uri mu bahanzi bari guherekeza Perezida Kagame muri gahunda zo kwiyamamaza, yavuze ko ari ibintu abona byihuse cyane nk’umuhanzikazi mushya, icyakora ahamya ko byamushimishije cyane ko zari inshingano ze nk’Umunyamuryango wa FPR Inkotanyi.

Ibi Bwiza yabigarutseho mu kiganiro na IGIHE. Yavuze ko kuba yagera ku rwego rwo guherekeza Perezida Kagame mu bikorwa byo kwiyamamaza ari ibintu byihuse.

Ati “Urumva umuhanzi utaramara imyaka itatu, uyu munsi nkaba umwe mu baherekeza umukandida wa FPR Inkotanyi, ntabwo natinya kuvuga ko ari ibintu byihuse gusa binashimishije.”

Uyu muhanzikazi ni umwe mu bafite indirimbo ‘Ogera’ yakoranye na Bruce Melodie ikaba imwe mu ziri kwifashishwa cyane mu kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame.

Bwiza yavuze ko yishimiye bikomeye kuba ari guherekeza umukandida wa FPR Inkotanyi ariko ahamya ko ari n’inshingano ze nk’umunyamuryango.

Uyu muhanzikazi ugiye gutora ku nshuro ye ya mbere, yavuze ko atari we uzarota umunsi ugera kugira ngo yihitiremo ubuyobozi bumubereye.

Ati “Ni ubwa mbere ngiye gutora, ni amahirwe yanjye kuba ngiye kugira amahitamo ku buyobozi bwanjye, ndizera abantu bumva ibyishimo mfite kuba ngiye gutora bwa mbere.”

Mu butumwa yageneye abakunzi be, Bwiza yavuze ko bakwiye kwitabira amatora ari benshi bityo tariki 15 Nyakanga 2024 bakazahurira kuri site z’itora baha amajwi yabo umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame.

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul July 8, 2024 July 8, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ubuzima

Kudasinzira bigabanya ubushake bwo gutera akabariro

November 27, 2024
Imyidagaduro

Abarimo Marchal Ujeku begukanye ibihembo byinshi muri East Africa Arts Entertainment Awards

April 15, 2024
Imyidagaduro

Dj Sonia ahanganye naba dj bibikomerezwa mu bihembo bya Youth Excellence Awards (YEA)

February 20, 2024
Ubukungu

Jali Investment yamuritse imodoka 20 nshya zigiye kuyifasha mu gutwara abantu mu mujyi wa Kigali

October 13, 2023
Andi makuru

Inyubako zo muri Gare ya Musanze zibasiwe n’inkongi y’Umuriro

November 20, 2023
Andi makuru

Abakunda kureba ibyiza bitatse u Rwanda bashyizwe igorora na Classic Tours and Travel Agency

May 24, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?