SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Lagos : Abagabo bakekwaho icyaha cyo gukora inzoga zihenze cyane batawe muri yombi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Lagos : Abagabo bakekwaho icyaha cyo gukora inzoga zihenze cyane batawe muri yombi
Utuntu n'utundi

Lagos : Abagabo bakekwaho icyaha cyo gukora inzoga zihenze cyane batawe muri yombi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/06/10 at 3:54 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Ku wa gatanu, tariki ya 7 Kamena, Abayobozi ba  Lagos, batangaje ko bataye muri yombi abantu babiri bagize uruhare mu gukora ibinyobwa bisindisha  kandi biheze  cyane  bakoraga  bitemwe bitemewe ku isoko rya Oko-Arin ku kirwa cya Lagos.

Nkuko  bikomeza bivugwa n’abo bayobozi Umuyobozi  w’itsinda rishinzwe  kurwanya ibyaha mu gacke ka  Eko nyuma yo kumenya amakuru y’uko hari abao bagabo bakora inzoga mu buryo butemewe bahise bata muri yombi abakekwa aribo Ogujiofor Emeka w’imyaka 41 na Desmond Chima w’imyaka 31.

Nubwo abo  babiri batawe muri Yombi andi makuru avuga ko abanda bakekwa  batorotse  ndetse  hagafatwa  Umubare munini  w’inzoga zisindisha cyane  na bimwe mu bikoresho bifashishaga bakora izo nzoga

Mu byafashwe harimo amakarito atanu ya Jack Daniels, amakarito abiri ya Black Barrel, hamwe n’ikarito imwe buri kimwe cya William Lawson, Jameson, Black Label, n’ibinyobwa bya Remy Martin.

Mu bindi  byafashwe  ni amakarito atandatu y’amacupa ya Glenfiddic arimo ubusa , ikarito imwe y’amacupa ya Divin Bardar , hamwe n’ikarito imwe y’amacupa ya vodka irimo ubusa, hamwe n’ibirango bitandukanye hamwe na corks zikoreshwa mu gihe cyo gukora izo nzoga .

Iperereza ry’ibanze ryerekana ko abakekwaho bagurisha izo nzoga zisindisha I Cotonou  Muri Benin.Ariko abayobozi bakaba  bavuze ko iperereza rikomeza aho  bagiye gushakisha abanda bantu bose bakekeaho ibyo byaha bagatabwa muri  yombi

 

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Nsanzabera Jean Paul June 10, 2024 June 10, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Josh Ishimwe yambikiye impeta umukunzi mu mujyi w’abakundana i Paris

February 22, 2025
Imikino

Nimureka gukoresha amarozi nzagaruka kuri Stade :Perezida Kagame

January 24, 2024
Imyidagaduro

Okkama yashimangiye ko kuba umugore we atagaragara mu itangazamakuru bibaha umutekano

January 26, 2024
Andi makuru

Perezida Mamadi Doumbouya yishimiye urugendo rwa Perezida Kagame muri gihugu cye .

May 15, 2024
Andi makuru

RIB yataye muri yombi umukozi w’Akarere ka Nyamagabe ukekwaho gusambanira mu kabari

April 10, 2023
Imikino

Umutoza Seninga Innocent yabazwe Ikirenge nyuma yo kuvunikira mu myitozo

April 6, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?