SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umunyarwenya Dave Chappelle yunamiye inzirakaregane zishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umunyarwenya Dave Chappelle yunamiye inzirakaregane zishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Imyidagaduro

Umunyarwenya Dave Chappelle yunamiye inzirakaregane zishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/06/01 at 11:36 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umunyarwenya Dave Chappelle uri mu bakomeye ku Isi, ku wa 31 Gicurasi 2024 yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi.

Uyu munyarwenya wamamaye cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akaba amaze imyaka irenga 30 ari icyamamare mu gutera urwenya, amaze iminsi mu Rwanda aho yanakoreye igitaramo mu ijoro ryo ku wa 30 Gicurasi 2024.

Nyuma y’iki gitaramo uyu munyarwenya yabonanye na Perezida Kagame ku wa 31 Gicurasi 2024 mbere y’uko asura ibice bitandukanye by’u Rwanda birimo n’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali.

Akigera ku rwibutso yabanjye gusobanurirwa uburyo Jenoside  yakorewe Abatutsi  yateguye  kuva  ku bukoloni kugera ki gihe  cya Repubulika ndetse nuko yashyizwe mu bikora mu gihe  cy’Iminsi ijana gusa ikaba itwaye  ubuzima bw’Abatutsi barenga  Miliyoni babaziza uko bavutse .

Nyuma yo  gusobanurirwa ayo mateka yaranze igihugu cyacu nyafashe umwnaya wo kunamira inzirakarengane z’Abatutsi zirenga ibihumbi 250 zishyinguye aho ku rwibutso rwa Jenodie yakorewe abatutsi rwa Kigali .

Tubibutse  ko mu ijoro ryo ku wa 30 Gicurasi 2024 Dave Chapelle yataramiye ahitwa muri Kozo Restaurant iherereye ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali.

Abitabiriye igitaramo cya Dave Chapelle bashimishijwe n’uyu munyarwenya wamaze isaha n’igice asusurutsa abakunzi be ibintu bidasanzwe mu Rwanda ko umunyishura akayabo mu gitaramo akakireba isana imwe n’igice

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul June 1, 2024 June 1, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Gen Mubarakh Muganga na Maj Gen Nyakarundi basuye abakinnyi ba APR bitegura Azam Fc

August 21, 2024
Utuntu n'utundi

Gen Kainerugaba Muhoozi yagizwe Umugaba Mukuru wa UPDF

March 21, 2024
Imyidagaduro

Bruce Melodie na manager we baguze imigabane muri UGB

January 18, 2024
Imyidagaduro

Selena Gomez mu byishimo nyuma yo kwambikwa impeta n’Umukunzi

December 13, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzi Javanix yatumiye Mr Nice mu gitaramo i Rusizi

August 31, 2024
Andi makuru

Ikigo Aleph Hospitalyity cy’i Dubai cyahawe kugenzura hotel ya Masai Ujiri i Kigali.

November 11, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?