SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Shaddy Boo yatatse umusore mushya bari mu Rukundo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Shaddy Boo yatatse umusore mushya bari mu Rukundo
Imyidagaduro

Shaddy Boo yatatse umusore mushya bari mu Rukundo

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/05/23 at 10:19 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Mbabazi Shadia uzwi cyane nka  Shaddy Boo  ku mbuga  nkoranyambaga  yongeye  kwerekana ko agira urukundo  ashimangiza  umusore mushya  bari mu rukundo muri  iyi minsi  avuga  ko ahiga abanda basore bose  bakundanye nawe  bose

Ibi  uyu mukobwa  yabitangaje  nyuma y’amezi igihe gito gishize atandukanye  n’uwari umukunzi we  Manzi Jeannot  uba mu gihugu  cya kenya

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Shaddyboo yagize ati “Cyera kabaye, nabonye umugabo ubahiga!”

Ni amagambo aca amarenga ko Shaddyboo yaba afite umukunzi mushya, bigahura n’amakuru  bamwe  mu  nshuti ze za hafi batangeje ko amaze igihe  ari mu Rukundo n’undi musore

bagize bati “Shaddyboo muracyamubona ahantu hose se? Hari impinduka zikomeye akomeje kugaragaza n’inshuti ze turabizi ko muri iyi minsi afite umusore mushya wamuhinduriye ubuzima, bari gukundana kandi rwose bitabaye bimwe by’iki gihe ubona ko ari ibintu bifite umurongo noneho.”

Shaddyboo kugeza uyu munsi ari kubarizwa ku Mugabane w’u Burayi aho amakuru ahamya ko yari amaze iminsi ari kumwe n’uyu musore wamutwaye umutima.

Nta byinshi biramenyekana ku musore uri mu rukundo na Shaddyboo icyakora amakuru ahari ahamya ko ari Umunyarwanda usanzwe utuye mu mahanga, aba bakaba bari bamaze iminsi bari kumwe iyo mu Burayi.

Uretse kuba bahuriye i Burayi, hari amakuru ahari ko mu mezi make ashize aba bombi bahuriye i Dubai, iyi ikaba ari nayo nshuro ya mbere bari bahuye mu buryo bw’imbonankubone, aha bakaba ari naho baheraniye isezerano ry’urukundo rwabo imbonankubone.

Shaddyboo yeruye ko afite umukunzi mushya nyuma y’amezi make atandukanye na Manzi Jeannot bakundanye igihe cy’umwaka kuko urukundo rwabo rwatangiye kuvugwa mu 2022.

Nyuma yo gutandukana na Manzi, amakuru ahari ahamya ko nta gihe cyaciyemo ngo ahite acudika n’uyu musore mushya, aho muri iyi minsi bameranye neza ndetse we akanahamya ko ari we mugabo uhiga abo yahuye nabo bose.

Mbabazi Shadia benshi bazi nka Shaddyboo ubusanzwe ni umubyeyi w’abana babiri yabyaranye na Meddy Saleh banabanye nk’umugore n’umugabo mbere y’uko batandukana mu 2016.

Shaddy Boo yari maze igihe mu rukundo na Jeannot
Shaddy Boo amaze iminsi yibereye ku mugabane w’Iburayi aho yasanze umukunzi we mushya

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul May 23, 2024 May 23, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Mapinduzi Cup: Ikipe ya APR FC yasezerewe na Mlandege FC muri 1/2

January 10, 2024
Andi makuru

Bimwe mu bihugu bitandukanye kw’isi bamaze kwinjira mu mwaka wa 2025 mu byishimo

December 31, 2024
Imikino

Sadate Munyakazi yibukije abafana ba Rayons Sport ko iki aricyo gihe cyo kuyiba hafi

May 5, 2025
Imyidagaduro

Ibirori bya Kigali Auto Show byamurikiwemo imodoka zitangaje (Amafoto )

August 14, 2023
Imyidagaduro

Ariel Wayz yifurije Juno Kizingenza isabukuru nziza mi magambo aryoheye amatwi

November 23, 2023
Andi makuru

Riderman yashyize hanze indirimbo yise I Miss you kubera urukumbuzi

April 29, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?