SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bizimana Djihad azakina Europa League
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Bizimana Djihad azakina Europa League
Imikino

Bizimana Djihad azakina Europa League

Muhire Jimmy
Last updated: 2024/05/17 at 9:35 AM
Muhire Jimmy
Share
1 Min Read
SHARE

Nyuma yo kwitwara neza muri Shampiyona yo muri Ukraine, FC Kryvbas Kryvyi Rih ikinamo Kapiteni w’Amavubi, Bizimana Djihad yabonye itike yo kuzakina UEFA Europa League mu mwaka utaha.

 

Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Ukraine igeze ku munsi wa 28 aho FC Kryvbas Kryvyi Rih iri ku mwanya wa gatatu n’amanota 54 ndetse ikaba amanota atandatu.

Kryvbas Kryvyi Rih itaratangiye neza umwaka w’imikino iri mu makipe ari kuwusoza neza kuko yahatanye cyane ndetse inifuza kwegukana Igikombe cya Shampiyona gusa nubwo Shakhtar Donetsk na Dynamo Kyiv zitayoroheye.

Bizimana Djihad ni umwe mu bakinnyi bayifashije cyane by’umwihariko mu kibuga hagati kuva yayigeramo muri Nyakanga 2023, kuko yakinnye imikino 27 muri 28 ya Shampiyona.

Kryvbas Kryvyi Rih izahera imikino yayo ya UEFA Europa League mu ijonjora rya gatatu aho izabanza guhatanira itike yo gukina irushanwa ry’amakipe meza i Burayi hagendewe ku buryo bushya iri rushanwa rizakinamo.

Bizimana agiye kuba umunyarwanda wa mbere ukinnye muri iri rushanwa kuva ryahindurirwa izina mu 2009.

 

Bizimana Djihad azakina UEFA Europa League

You Might Also Like

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

APR BBC yongeye itsindirwa mu maso ya Perezida Kagame na MBB South Africa 98-88

Muhire Jimmy May 17, 2024 May 17, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Sintex yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we uba muri Canada

August 24, 2023
Imyidagaduro

Itsinda The Same Abiru ryakeje Perezida Kagame ku mibanire ye n’amahanga mu ndirimbo bise “Urabanaga “(Video)

June 10, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Mugenzi we wa Angola João Lourenço

August 12, 2024
Andi makuru

Twagize intare ziyobowe n’Intare: Perezida Kagame

June 26, 2024
Andi makuru

MINUBUMWE yatangaje gahunda yuko ibikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 31 bizagenda

April 1, 2025
Imyidagaduro

Safi Madiba yateguje igitaramo I Kigali

December 3, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?