SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Fally Merci yashimiwe nabari baraguze amatike mu gitaramo cya Gen-Z comedy cyari giterejwe na benshi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Fally Merci yashimiwe nabari baraguze amatike mu gitaramo cya Gen-Z comedy cyari giterejwe na benshi
Imyidagaduro

Fally Merci yashimiwe nabari baraguze amatike mu gitaramo cya Gen-Z comedy cyari giterejwe na benshi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/05/03 at 3:44 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Nyuma y’iminsi itari mike abakunzi b’ibitaramo bya Gen-Z comedy  batajye mu iseka rusange  kubera ko abanyarwanda  bari cyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 30 abacu bishwe bazira  uko bavutse muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 ,

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 03 Gicurasi 2023 bongeye  baratwenga karahava cyane cyane  bamwe mu bitabiriye igitaramo giheruka cyari cyatumiwemo abanyarwenya mpuzamahanga ariko bikaza kurangira  bamwe batabashije kubona uko binjira  kubera ubwinshi bw’abari bakitabiriye baje gushumbushwa amatike yabo bayinjiriraho nkuko mu minsi ishize Fally Merci yari yabibijeje ko bayabika bakazayaza mu kindi gitaramo azategura niko byaje kugenda bamwe bataha bamushimira

Fally Merci utegura ibitaramo bya Gen-Z Comedy yatangarije umunyamakuru wa AHUPA RADIO wari witairiye icyo gitaramo ko yashimishijwe nuko hari abantu bari baguze amatike ubushize babashije kuyazana bakabona uko binjira

Yagize ati “Njye sinamenya ngo ni bangahe binjiye neza, gusa abashinzwe amatike bambwiye ko byibuza hari abagera ku ijana bitabiriye bafite ayo matike.”

Fally Merci ahamya ko atabifata nk’igihombo kuko n’ubundi aba bari bafite aya matike bari bayaguze mu gitaramo cye, ahubwo we avuga ko abifata nk’ideni abashije kwishyura.

Ati “Nta gihombo kirimo, ahubwo nari mbarimo ideni. Ibaze niba umuntu yari yaguze itike yo kwinjira mu gitaramo cyacu ntabashe kwinjira, Imana ishimwe ko batwizera kandi babonye ko ikibazo kitari twebwe bakemera kutubabarira, ideni ryo ndibavuyemo.”

Ibitaramo bya Gen-Z Comedy byaherukaga kuba ku wa 21 Werurwe 2024 mbere y’uko bisubikwa kubera ukwezi kwa Mata guharirwa ibikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.

Igitaramo cyo kuri uyu wa 2 Gicurasi 2024 cyari cyitabiriwe n’abanyarwenya batandukanye biganjemo abo muri ‘Gen-Z Comedy, mu gihe umushyitsi w’umunsi yari Prosper Nkomezi. Ibitaramo bya Gen-Z Comedy bitegurwa kabiri mu kwezi. Icy’ubutaha giteganyijwe ku wa 16 Gicurasi 2024.

 

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul May 3, 2024 May 3, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umunyarwenya Patrick Salvado mu gahinda kenshi ko kubura umubyeyi we

March 25, 2024
Imikino

Hamenyekanye amakipe agiye guhatana mu irushanwa ry’Umusoreshwa 2023

November 8, 2023
Andi makuru

Gen (Rtd) James Kabarebe yarahiriye kwinjira muri EALA

October 3, 2023
Iyobokamana

Tonzi abaye umuhanzi wa mbere uririmba indirimbo zo guhimbaza ugurishije alubumu ye Miliyoni y’amanyarwanda

February 7, 2024
Andi makuru

Umuraperi Kendrick Lamar ategerejwe i kigali mu bitaramo cyiswe Move Afrika: Rwanda”

November 3, 2023
Utuntu n'utundi

Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yasabiwe gufungwa imyaka 10

March 20, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?