SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Anita Pendo yegukanye igihembo muri ‘Ladies in Media Awards 2023muri Ghana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Anita Pendo yegukanye igihembo muri ‘Ladies in Media Awards 2023muri Ghana
Imyidagaduro

Anita Pendo yegukanye igihembo muri ‘Ladies in Media Awards 2023muri Ghana

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/04/01 at 4:27 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Anita Pendo wari umaze iminsi muri Ghana aho yari yitabiriye ibirori byo gutanga ibihembo bya ‘Ladies in Media Awards 2023’, yageze i Kigali mu byishimo byinshi nyuma  yo kwegukana iki gihembo yahawe ku wa 30 Werurwe 2024.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Anita Pendo yashimiye buri wese wamufashije kugira ngo abashe kwegukana iki gikombe by’umwihariko abakunzi be bamutoye.

Ati “Ntababeshye nanjye naratunguwe, ntabwo nari niteze iki gihembo gusa Imana yari izi igihe nyacyo. Ndashima ubuntu n’urukundo idasiba kunyereka. Iri ni itangiriro!”

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 31 Werurwe 2024 nibwo Anita Pendo yasesekaye i Kigali yitwaje igihembo yari akuye muri Ghana.

Ni ku nshuro ya kabiri ibi bihembo birimo icyo Anita Pendo yegukanye byatangwaga.

Anita Pendo yegukanye iki gihembo ahatanye mu cyiciro cya ‘African Female Entertainment Show Host of the Year’ n’abarimo Delay [Ghana], Jacinta Ngobese [Afurika y’Epfo], Vanessa Marawa [Afurika y’Epfo], Azeeza Hashim [Kenya], Matela [Afurika y’Epfo], Violet Gwara [Zimbabwe], Rita Isaaka [Ghana], n’abandi.

Ladies in Media Awards ni ibihembo byatangijwe n’umuryango Ladies in Media Organization mu 2022, mu rwego rwo kuzirikana uruhare rw’abagore n’abakobwa bari mu itangazamakuru ryo muri Afurika.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul April 1, 2024 April 1, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Cyril Ramaphosa na Museveni baganiriye ku kibazo cyo muri RDC

April 16, 2024
Imyidagaduro

King Promise yasangije urugendo rwe mu muziki abana bafashwa na Sherrie Silver Foundation

May 28, 2025
Imyidagaduro

Mc Darius yakoze mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’urukundo yise Ihorere

May 21, 2024
Imyidagaduro

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

May 30, 2025
Imikino

Rafael Nadal ntazakina US OPEN

August 8, 2024
Imyidagaduro

Irene Ntale mu byishimo byinshi nyuma yo kwambikwa Impeta n’umukunzi we

November 29, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?