SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Paul Biya yongeye gusabwa kwiyamamariza kuyobora Cameroun
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Paul Biya yongeye gusabwa kwiyamamariza kuyobora Cameroun
Andi makuru

Paul Biya yongeye gusabwa kwiyamamariza kuyobora Cameroun

Ahupa Radio
Last updated: 2024/03/27 at 8:16 AM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida wa Cameroun, Paul Biya w’imyaka 91, abamushyigikiye baramusaba ko yakongera kwiyamamariza uwo mwanya mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2025.

Bavuga ko Biya ari we wenyine ushoboye kuzana amahoro n’iterambere mu gihugu, ariko nubwo bavuga ibyo abatavuga rumwe na leta bo bavuga ko Biya agomba kuva ku butegetsi nyuma yo kuyobora Cameroun mu myaka irenga ibinyacumi bibiri ikagera muri mirongo.

Ku cyumweru, abantu benshi cyane baririmbiye mu murwa mukuru wa Cameroun Yaounde, basaba Perezida Biya kwemera kandidatire y’ishyaka riharanira demokarasi ya rubanda muri Cameroun (ishyaka rya CPDM) mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2025.

Biya yashyizeho CPDM ku ya 24 Werurwe 1985, nyuma yimyaka itatu uwamubanjirije, perezida wa mbere wa Cameroun, Ahmadou Ahidjo yeguye ku butegetsi kubera impamvu z’ubuzima yegurira Biya ububasha.

Umuyobozi mukuru wa CPDM, Fru Jonathan, yavuze ko Biya ari umukandida usanzwe w’ishyaka, avuga ko mu gihugu hari amahoro, ubumwe n’iterambere ry’ubukungu, bisobanuye ko Biya akomeye kandi afite igisobanuro ku gihugu cya Cameroun.

Biya yabaye Perezida wa Cameroun kuva 1982 akaba n’umuyobozi w’ishyaka rye kuva 1985. kugeza nubu  niwe ukiyobora icyo gihugu

 

 

 

 

You Might Also Like

Kigali : Umusore wo mu kigero cy’ imyaka 20 yiyahuriye ku nyubako izwi nko kwa Makuza ahita yitaba Imana

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yatanze impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri Kenya

Canal+ Rwanda yashyize igorora abakiliya bayo ibaha Poromosiyo ya Umukiliya n’umwami

Minisitiri Mutamba Constant yitabye ubushinjacyaha ashagawe n’abunganizi 20

Perezida Kagame yasuye ishuri rikuru ry’’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano muri Algerie

Ahupa Radio March 27, 2024 March 26, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Pallasso mu byishimo nyuma yo kwongera kubonana n’umugore n’abana be

April 26, 2023
Imyidagaduro

Bwiza na Dj Toxxyk bazafatanya urubyiniro na John Legend mu gitaramo cya Move Afrika

February 10, 2025
Imikino

Kipchoge yunamiye mugenzi Kelvin Kiptum Nyuma yo Kubura uko amushyingura

March 1, 2024
Imyidagaduro

Meddy yashyize hanze indirimbo ye ya mbere ya gospel yise Grateful

January 14, 2023
Andi makuru

Gen Kainerugaba yashimangiye ko azitabira irahira rya Perezida Paul Kagame

August 5, 2024
Ubukungu

Karisimbi Events igiye kongera gutanga ibihembo bya Consumers Choice Awards 2024

May 14, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?