SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Vladimir Putin yatangaje umugambi yari afitiye Alexei Navalny
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Vladimir Putin yatangaje umugambi yari afitiye Alexei Navalny
Utuntu n'utundi

Vladimir Putin yatangaje umugambi yari afitiye Alexei Navalny

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/03/18 at 12:52 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko Alexei Navalny batavugaga rumwe yapfiriye muri gereza, mu gihe hari hari umugambi wo kumuhererekanye n’izindi mfungwa z’Abarusiya akajya kuba mu Burengerazuba bw’Isi ku buryo atari kongera gusubira mu Burusiya.

Putin yagarutse kuri Navalny ku Cyumweru Tariki 17 Werurwe mu 2024 ubwo yaganiraga n’abamushyigikiye.

Ku wa 16 Gashyantare 2024 ni bwo hamenyekanye amakuru ko Navalny yitabye Imana aho gereza yari afungiyemo yavuze ko uyu mugabo yumvise atameze neza agatakaza ubwenge, hagahamagazwa imbagukiragutabara n’abaganga ngo bagerageze kumutabara ariko bikarangira apfuye.

Navalny yari afungiwe mu Burusiya kuva mu 2021. Bivugwa ko yari afunzwe ku mpamvu za politike, ndetse Perezida wa Amerika, Joe Biden we atazuyaje yavuze ko Putin yihishe inyuma y’urupfu rwa Navalny.

Muri iki kiganiro Putin yagaragaje ko Nalvany yapfuye hari gahunda yo kumutanga kugira ngo u Burusiya nabwo buhabwe izindi mfungwa zabwo ziri mu Burengerazuba bw’Isi.

Ati “Nari niteguye gutanga Navalny muri gahunda yo guhererekanya imfungwa, akajya kuba mu Burengerazuba bw’Isi aho atari kuzagaruka mu Burusiya.”

Nubwo Perezida Putin atigeze atangaza umuntu wari kuguranwa Navalny, amakuru dukesha Russia Today avuga ko ari Vadim Krasikov, Umurusiya ufungiye mu Budage kuva mu 2021 yahamywa icyaha cyo kwica.

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Nsanzabera Jean Paul March 18, 2024 March 18, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Element EléeeH yahembuye imitima y’inkumi z’I Kampala zimurundaho amashilingi

November 28, 2024
Andi makuru

Itsinda Tag Team ryatumiwe gususurutsa bazitabira Kigali Auto Show

July 13, 2024
Utuntu n'utundi

Inzu y’umupfumu Rutangarwamaboko yahiye irakongoka

February 9, 2024
Andi makuru

Jean-Pierre Bemba yikomye Joseph Kabila ko afasha umutwe wa Mobondo na M23

March 6, 2025
Andi makuru

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Mugenzi we wa Togo Faure Gnassingbé

January 20, 2025
Imyidagaduro

Fine Media yashyize hanze indirimbo yahurijemo ibyamamare yise Abachou

January 28, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?