SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Uruganda rwa Playstion rugiye kugabanya abakozi 900 kubera ibihombo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ikoranabuhanga > Uruganda rwa Playstion rugiye kugabanya abakozi 900 kubera ibihombo
Ikoranabuhanga

Uruganda rwa Playstion rugiye kugabanya abakozi 900 kubera ibihombo

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: February 29, 2024
Share
SHARE

Sony yatangaje ko igiye kwirukana 8% by’abakozi b’igice cyayo gikora ibikoresho byifashishwa mu mikino ikinirwa kuri za mudasobwa cyizwi nka PlayStation Abakozi bazirukanwa ku Isi yose bagera kuri 900.

Iri gabanya ry’abakozi rigiye rizagera cyane kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’u Buyapani no mu Bwongereza aho studio ya PlayStation y’i Londers yo igiye gufungirwa imiryango.

Mu butumwa yandikiye abakozi, Umuyobozi w’Ishami Sony Interactive Entertainment, ribarizwamo Play Station, Jim Ryan, yise iki cyemezo “amakuru mabi” ndetse avuga ko “ari umunsi ukomeye cyane muri iki kigo.”

Ati “Twanzuye ko byanze bikunze ibi byemezo bidukomereye bigomba gushyirwa mu bikorwa. Twemeranyije ko hari abakozi tugomba kugabanya barimo n’abagiye bagira uruhare runini mu kwaguka kwacu.”

Iyi studio igiye gufunga imiryango y’i Londers, yatangijwe mu 2002. Kuva icyo gihe yagiye ikora imikino yamenyekanye cyane irimo SingStar na This Is Football.

Mu minsi ishize yakoze imikino yifashisha ikoranabuhanga rya Virtual Reality, rituma abayikina bamera nk’abayirimo bya nyabyo, irimo VR Worlds na Blood & Truth. Kuyikina bisaba ko uba ufite amadarubindi yabugenewe ya Sony.

Hari abakozi bari hagati ya 51 na 200 bari bari gukora ku wundi mukino w’imirwano bateganyaga gushyira hanze vuba.

Nubwo inyungu ya PlayStation yazamutseho 16% umwaka ushize, muri rusange amafaranga yinjiza yaramanutse cyane ugereranyije n’ayo yinjizaga mu myaka yatambutse.

Porsche igiye gushyira ku isoko imodoka ya kabiri ikoresha amashanyarazi
Google ikomeje gushinjwa n’urukiko gukoresha amanyanga rugahora imbere cyane
Airtel Rwanda yatangije Promosiyo y’inyogera ya 10%
Claude Mwene Karangwa uzwi kuri Twitter yatawe muri yombi
USA:Ikigo cya Apple na guverinona bakomeje kwitana ba mwana
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Sol Casino Promo Code

May 28, 2024

Lucky Heroes Casino

May 28, 2024

Best Way To Play Blackjack

May 28, 2024

What Are The Opening Times Of The Slots Port In Cork Ireland

December 21, 2017

Slot Machine Max Payout

May 28, 2024

Popular Online Videoslots Ie

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?