SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Lil Rod wahoze akorera P Diddy yiyongereye mu bamushinja ihohotera
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Lil Rod wahoze akorera P Diddy yiyongereye mu bamushinja ihohotera
Utuntu n'utundi

Lil Rod wahoze akorera P Diddy yiyongereye mu bamushinja ihohotera

Gossip Kigali
Last updated: 2024/02/28 at 12:41 PM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

Umuraperi P.Diddy arashinjwa guhohotera Lil Rod wamukoreraga akanamwandikira indirimbo.

Rodney Jones uzwi nka Lil Rod mu muziki wa Amerika, ashinja P.Diddy kumuhohotera, mu bihe bitandukanye, yifuza kumusambanya no kumukoresha ibiteye isoni.

Uyu mugabo avuga ko Diddy yagiye, akora ku bice by’ibanga bye inshuro nyinshi, agakina nabyo ndetse akambara ubusa inshuro nyinshi, ashaka ko baryamana.

Lil Rod uzwi cyane mu kazi ko gufata no gutunganya amajwi y’indirimbo, avuga ko byageze aho P.Diddy amuhuza n’umukinnyi wa Sinema Cuba Gooding Junior nawe akajya amuhohotera bene ako kageni.

Avuga ko hari igihe Diddy yigeze kuzana abakobwa bicuruza iwe mu rugo, bakamunywesha inzoga zirimo ibinini bisinziriza, bikarangira bamufashe ku ngufu nubwo atari maso ngo abibone.

Lil arasaba Diddy n’abandi bahoze bakoranaga ko, bamwishyura Miliyoni 30$ z’impozamarira, mu gihe abunganira P.Diddy mu mategeko bavuga ko, ibyo avuga ari ibinyoma ahubwo ko ashaka amafaranga yo kwikura mu bukene  kuko yugarijwe cyane nyuma yaho  yirukaniwe n’umukiliya we  P Diddy

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Gossip Kigali February 28, 2024 February 28, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Munyakazi Sadate yongeye kunyomoza Perezida wa Rayon Sport ku bijyanye n’imigabane

April 5, 2025
Imyidagaduro

Nyuma yo kweguka ikamba rya Nyampinga w’Ububiligi Keza Joannah ba nyampinga bo mu Rwanda bakomeje kwishimira intsinzi ye

February 26, 2024
Andi makuru

Polisi y’u Rwanda n’Ingabo z’igihugu batangije ibikorwa bigamije guteza imbere abaturage

March 18, 2025
Imyidagaduro

Piano The Grooveman yasinye muri Studio y’umuhanzi Ricky Password

May 10, 2024
Utuntu n'utundi

Amafoto meza yaranze urugendo rwa Perezida Paul Kagame muri Koreya y’Epfo

June 5, 2024
Imyidagaduro

Mc Darius yakoze mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’urukundo yise Ihorere

May 21, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?