SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Israel Mbonyi yizeje abakunzi be igitaramo gikomeye muri Uganda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Iyobokamana > Israel Mbonyi yizeje abakunzi be igitaramo gikomeye muri Uganda
Iyobokamana

Israel Mbonyi yizeje abakunzi be igitaramo gikomeye muri Uganda

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/02/09 at 9:09 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yemereye abakunzi be muri Uganda, ko agiye kujya kubataramira, nyuma y’uko babimusabye.

Yabitangaje ubwo yasubizaga umwe mu bakunze bo muri Uganda, wabazaga uyu muhanzi Nyarwanda igihe azataramira Abanya-Uganda.

Uwitwa Hephzibah Beaulah kuri X (yahoze yitwa Twitter), yanditseho ubutumwa agira ati “Uravuga iki ku kuza gutaramira muri Uganda nyamuneka? Turakwinginze.”

Israel Mbonyi akibona ubu butumwa, yahise abusubiza akora ‘Retweet’ yemera ubwo busabe mu magambo yanditse agira ati “Yego! Nzaza mu kwezi kwa Kanama.”

Israel Mbonyi aherutse guhabwa igihembo cy’umuhanzi w’umwaka mu Rwanda, amaze kugera ku rwego mpuzamahanga nyuma y’uko indirimbo ze ziri gukundwa mu bindi Bihugu zikanatwara ibihembo nka “Ninasiri” imaze iminsi ibica muri Kenya.

Uyu muhanzi kandi ni umwe mu bamaze kuzenguruka imigabane yose y’Isi akora ibitaramo, dore ko aheruka mu Burayi nyuma yo kuva muri Australiya, akaba yari yanahereye muri Leta Zunze Ubumwe za America (USA).

 

You Might Also Like

Feast and Praise Brunch igiye kuba bwa mbere muri Kigali

Mufti w’u Rwanda yahaye umukoro abanyarwanda bagiye mu mutambagiro i Maka

Papa Leon XIV yakiriye Perezida Zelensky i Vatikani

Korali Ganza Kristo yo muri ADEPR Gasave yateguye igiterane cy’amashimwe kizamara iminsi 2

Aba-Cardinal binjiye mu munsi wa kabiri w’itora rya Papa

Nsanzabera Jean Paul February 9, 2024 February 9, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

John Drille yishimiye kugaruka mu Rwanda avuga ko ahafata nko mu rugo(Amafoto)

June 24, 2023
Imyidagaduro

Itorero Inyamibwa ryataramiye benshi barimo Perezida Kagame na Madamu mu gitaramo inkuru ya 30 (Amafoto)

March 24, 2024
Imyidagaduro

Itsinda rya Ghetto Kids ryongeye gukora amateka muri Britain’s Got Talent,

June 1, 2023
Andi makuru

Rubavu :Abamotari basabwe kwirinda amakosa abashora mu mpanuka

December 11, 2024
Imyidagaduro

Ariel Wayz yashimiye umuntu wese wamufashije mu kumurika album ye “Hear to Stay”

March 14, 2025
Imikino

Umubyeyi wa Luis Díaz wari warashimuswe yarekuwe

November 9, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?