SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Lady Gaga Yinjije arega miliyoni ijana mu mwaka wa 2023
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Lady Gaga Yinjije arega miliyoni ijana mu mwaka wa 2023
Imyidagaduro

Lady Gaga Yinjije arega miliyoni ijana mu mwaka wa 2023

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/02/06 at 12:03 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzikazi mu njyana ya  Pop  Stefani Joanne  Angelina  uzwi nka  Lady Gaga nyuma  yo gusa nkuteye  ishoti umuziki  akomeje kwigizaho akayabo k’amadorali  nyuma yahoo mu mwaka washize  wa  @023  yinjije agera kuri Miliyoni Ijana z’amadorali .

 Uyu  mugore  wabiciye bigacika mu myaka yashize  nyuma yo kwegukana ibihembo byinshi ndetse  no gukorera Atari makeya yaje kwinjira mu bijyanye no gukina filime ndetse  n’ubushabitsi aho yashinze kompanyi  y’ubucuruzi .

 Ikinyamakuru Forbes Magazine kivuga ku bijyanye n’imitugo y’abaherwe ndetse  n’ibyamamare kw’isi hose  cyatangaje ko muri  2023  uyu mugore  yasekewe cyane n’amahirwe  mu bucuruzi bwe bukorwa na  Kompanyi ye  yitwa  Haus  Laboratories  ikora ibijyanye n’ubwiza birimo amavuta ,Ibirungo byo kwisiga  ndetse  n’imibavu  yaba yaratumye umutungo we utumbagiraho miliyoni 100 z’amadorali .

 Ibi babitangaje nyuma yaho Lady Gaga afunguriye  andi maduka 4  akomeye mijyi ikomeye  yo muri Icyo gihugu  no kwongera ibicuruzwa bye  kuri Murandasi .

 Forbes magazine ikoemza ivuga ko uyu  mugore muri icyo gihe cy’Umwaka wose washize  umutungo usanzwe ungana  na Miliyoni  350 z’amadorali wari umaze kwiyongeraho Miliyoni 100 bivuga ko wahise ungana na Miliyoni 450 z’amadorali .

 Ikindi ni  uko  ukwiyongera  ku mutungo wa Lady gaga ntaho bihuriye n’ibikorwa  bya muzika  dore ko amaze iihe yarihariye ubucuruzi  ndetse  no kwikinira filime  , kuko adaheruka gukora ibitaramo byari mubyamwinjirizaga menshi cyane .

 Lady  Gaga Nyuma yo kuyoboka inzira  y’ubushabitsi bw’ibikoresho by’ubwiza yiyongereye ku bandi nabo bakomeje kubyaza agatubutse ubwo bucuruzi nka Rihanna ,Beyonce,Selena Gomeza n abandi benshi  batandukanye

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul February 6, 2024 February 6, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Maj Gen Joseph Nzabamwita yatanze ibyangombwa byo guhagararira u Rwanda mu Burusiya

April 23, 2025
Imikino

APR BBC yatsinzwe umukino wayo wa mbere mu maso ya Perezida Kagame na Madamu (Amafoto)

May 21, 2025
Imikino

Roland-Garros: Rafael Nadal yasezerewe mu majonjora

May 28, 2024
Andi makuru

Karisimbi Service Excellence Award 2024 ibigo byahize ibindi bigiye guhembwa

October 11, 2024
Imyidagaduro

Umunyarwenya Fred Omondi yitabye Imana

June 15, 2024
Andi makuru

Perezida wa Burkina Faso Ibrahim Traoré yashinze inganda 3 zitunganya inyanya ku nkunga y’abaturage

April 15, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?