SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: The Ben yageze muri Amerika aho yitabiriye Rwanda Day 2024
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > The Ben yageze muri Amerika aho yitabiriye Rwanda Day 2024
Imyidagaduro

The Ben yageze muri Amerika aho yitabiriye Rwanda Day 2024

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/01/30 at 11:15 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben mu muizki w’u Rwanda, yerekeje i Washington DC aho ari umwe mu Banyarwanda bategerejwe muri Rwanda Day izaba ku wa 2-3 Gashyantare 2024.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 30 Mutarama 2024 nibwo The Ben yasangije abamukurikira amashusho ageze i Chicago mbere y’uko yerekeza i Washington, aho agomba kuzitabira ibirori bya Rwanda Day.

Byitezwe ko The Ben azaba ari umwe mu bihumbi by’Abanyarwanda bazakoranira i Washington DC aho bazaba bitabiriye Rwanda Day ubusanzwe ihuza ubuyobozi bw’u Rwanda n’Abanyarwanda baba mu mahanga.

Byitezwe ko The Ben afatanyije n’abarimo Bruce Melodie na Teta Diana, bazataramira abazitabira Rwanda Day.

Ni ku nshuro ya 11 hagiye kuba Rwanda Day, uyu mwaka bikaba byitezwe ko izabera ahitwa Gaylord National Resort and Convention Center.

Rwanda Day iheruka yabereye i Bonn mu Budage mu Ukwakira 2019. Yahurije hamwe Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda barenga 3500.

Bitewe n’icyorezo cya Covid-19 cyari cyugarije Isi, cyatumye ibikorwa bihuriza hamwe abantu benshi bihagarara, ntabwo iri huriro ryabayeho mu 2020, 2021, 2022 na 2023.

Ku rundi ruhande, byitezwe ko The Ben azahita ava muri Amerika kuko afite igitaramo agomba gukorera i Kampala ku wa 14 Gashyantare 2023.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 30, 2024 January 30, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Tchad : Ishyaka FPL ryamaganye igitekerezo cyo kohereza ingabo muri RDC

February 21, 2025
Andi makuru

Massamba Intore agiye gushyira hanze alubumu ye ya 12

February 20, 2025
Imyidagaduro

#Kwibuka31:Umunyarwenya witwa Kingsley yifatanyije n’Abanyarwanda Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi

April 8, 2025
ImikinoImyidagaduro

Skol Brewery na Rayon Sports bashyize igorora abakunzi bayo mu cyumweru cya Rayon Week

July 23, 2024
Imyidagaduro

The Ben nyuma ya Canada ategerejwe mu bindi bitaramo bikomeye Iburayi

February 19, 2025
Imyidagaduro

Cyusa Ibrahin n’Iganzo Ngari bunamiye Abatutsi bashyinguye mu rwibutso rwa Kigali

April 29, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?