SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ibitaramo bya Gen Z comedy bikomeje kwigarurira imitima ya Benshi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ibitaramo bya Gen Z comedy bikomeje kwigarurira imitima ya Benshi
Imyidagaduro

Ibitaramo bya Gen Z comedy bikomeje kwigarurira imitima ya Benshi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/01/26 at 11:32 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Ku mugoroba  wo kuri uyu wa kane  tariki ya 25 Mutarama 2024 mu ihema rinini ryo kuri  KCEV ahazwi nka Camp Kigali habereye  igitaramo cy’urwenya kimaze kumenywa na benshi  mu mujyi wa Kigali cya Gen Z Comedy Show  .

Iki gitaramo cyari kitabiriwe n’umubare munini w’abanttu harimo n’ibyamamare bitandukanye  bizwi cyane muri Sinema  Nyarwanda  ndetse  n’abandi bantu  benshi bafite aho bahuriye  n’imyidagaduro  .

Abanyarwenya batandukanye barimo  Gakuba Comedy,Isakari,Joseph ,Rumi,Muhinde na Rusine  nibo basekeje abari bitabiriye icyo  gitaramo aho  buri wese  yagiye  akoresha uko ashoboye  ngo yigarurire imitima y’abakunzi b’U Rwenya kuva kw’isaha ya saa Kumi n’ebyiri kugeza I saa tanu z’ijoro.

Abagize itsinda  rya  Gakuba Comedy  muri icyo gitaramo  bagaragaje ko bakomeje kwigarura imitima ya benshi kubera  uburyo  bateramo urwenya umwana w’umukobwa  w’imyaka nka 13  uburyo aba asubizanya na mugenzi we mu magambo akakaye kandi yihuse  adategwa .

Undi munyarwenya wasekeje abantu ni muhinde wakomoje  ku muhanzi Okkama wari umushyitsi mu kiganiro Meet me Tonight  kibera muri  icyo gitaramo kikayoborwa na Merci avuga ko nyuma yo kuvuga ko ari mugufi haje  umuhagarariye mu bugufi maze abantu imbavu  uguseka bavayo.

Uru rwenya rwaje gusozwa  na Rusine  mu minota 30 yamaze ku rubyiniro benshi mubyo bari bamwitezeho siko byaje kugenda kuko yateyeurwenya rudasekeje cyane nubwo yacishagamo akagerageza  nubwo amasha yo gutaha  yari ageze  byari ibintu byiza .

Ku ruhande rwa  Fally Merci utegura  ibitaramo by’Urwenya bya  Gen Z comedy Show arashimira abanyarwanda uburyo basigaye  bitabira ibitaramo by’urwenya,ibinru afata nk’iterambere  ryihuta cyane ku banyarwenya kuko bizabasha gufasha bariya banyarwenya  bakizamukwa nabo kwiteza  imbere .

Biteganyijwe  ko ikindi gitaramo y’urwenya cya  Gen Z Comedy kizaba mu  kwezi gutaha nkuko ingengabihe  yabo  ibiteganya ko kiba kabiri mu kwezi

 

 

 

 

 

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 26, 2024 January 26, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Warren Zaïre-Emery ukinira Paris Saint Germain ari mu Rwanda

December 21, 2023
Imyidagaduro

Ikigo Nufashwa Yafasha kigiye gushimira abana bitwaye neza mu masomo yabo ku nshuro ya Kabiri

May 11, 2023
Andi makuru

#Kwibuka31: Abayobozi n’abakozi b”uruganda rwa Skol basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro

April 9, 2025
Imyidagaduro

Platin P.Riderman, Bull Dogg , Danny Nanone batumiwe mu iserukiramuco rya “Kivu Beach Festival Rubavu Nziza

August 26, 2024
Andi makuru

U Rwanda n’Ububiligi byahagaritse amasezerano byari bifitanye

February 19, 2025
Andi makuru

#Kwibuka 29 :Tariki 11 Mata 1994: Ingabo za Loni zatereranye Abatutsi bari bahungiye ETO Kicukiro

April 11, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?