SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bruce Melodie yishimiye uko yanditswe mu itangazamakuru mpuzamahanga muri 2023
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bruce Melodie yishimiye uko yanditswe mu itangazamakuru mpuzamahanga muri 2023
Imyidagaduro

Bruce Melodie yishimiye uko yanditswe mu itangazamakuru mpuzamahanga muri 2023

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/01/11 at 2:41 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzi Itahiwacu   Bruce  ukunzwe nka Bruce  Melodie  nyuma yahoo akoraniye indirimbo n’icyamamare mu njyana ya Dance Hall Shaggy bise  “When she is around’ akomeje kwandika mu binyamakuru mpuzamahanga .

Ibi bije nyuma yahoo ubwo uyu musore yerekezaga muri amerika bwa Mbere mu mpra z’Ugushyingo  2023  aho  yanahuye bwa  mbere na Shaggy  amaso ku maso nyuma yo gukorana indirimbo When she is around’  ,yahise atagira  gutumira mu bitangazamakuru bikomeye muri icyo gihugu ndetse no kwandikwa  cyane .

Uyu muhanzi  nyuma y’ibitaramo birenga bine yakoreye muri Leta  zunze ubumwe z’Amerika akomeje kwandikwaho n’ibinyamakuru bikomeye byo mu bwongereza ibintu byamushimishije cyane  maze asimbukira  ku mbuga ze nkoranyambaga yerekana amarangamutima ye .

Uyu muhanzi ukomeje kwerekana ubukana n’ubukaka mu muziki nyarwanda yasimbukiye  ku mbuga ze nkoranyambaga  ze yerekana amarangamutima  atewe n’uko ibinyamakuru mpuzamahanga bikomeje kumwandikaho    .

Yashyize ifoto ku rubuga rwe  rwa Facebook maze ayiherekesha ubutumwa  bwuzuye ibyishimo agira ati “Mfite  umugisha udasanzwe  kandi  nciye bugufi ,kuva murimu mutima w’afurika y’iburasirazuba  mu rwa Rwanda  kugeza  ku makuru avugwa mu bwongereza no muri Amerika .

Uru rugendo rwabye  impamo muri 2023, ndashimira  Ikipe Yanjye,Abafana banjye ndetse n’igihugu cyanjye , ndabizize ko hari ibintu  bikomeye bizaza 2024

Tubibutse ko mu minsi ishize uyu muhanzi  yateguje abakunzi be alubumu ye  nshya muri  uyu mwaka wa 2024 .

Bruce Melodie na Shaggy mu kiganiro kuri radio I New York
Bruce Melodie na Coach Gael bahura na Shaggy bwa mbere muri Amerika
Bruce Melodie yizihirije Noheli muri Amerika hamwe na Shaggy

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 11, 2024 January 11, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Mozambique : Venancio Mondlane utavuga rumwe n’Ubutegetsi yitabye umushinjacyaha Mukuru

March 12, 2025
Kwamamaza

Satguru Travel &Tours yegukanye igihembo cy’ikigo cy’ubukerarugendo cyahize ibindi muri Consumers Choice Awards 2024

May 22, 2024
Imyidagaduro

Bwiza na Dj Toxxyk bazafatanya urubyiniro na John Legend mu gitaramo cya Move Afrika

February 10, 2025
Andi makuru

Umunyeshuri wari uvuye mu Rwanda yaketsweho Marburg bihagarika urugendo rwa Gariya moshi mu budage

October 3, 2024
Andi makuru

Michelle Obama akomeje kwibasirwa nyuma yo kutitabira umuhango wo gushyingura Jimmy Carter

January 10, 2025
Utuntu n'utundi

RIB yasubije miliyoni 5,5 muri miliyoni 6 Frw zibwe umuturage

June 19, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?