SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: La Creola Restaurant & Lounge irashimira abakiliya bayigannye mu minsi mikuru
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > La Creola Restaurant & Lounge irashimira abakiliya bayigannye mu minsi mikuru
Andi makuru

La Creola Restaurant & Lounge irashimira abakiliya bayigannye mu minsi mikuru

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/01/10 at 11:08 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Uko umujyi wa  kigali utera imbere  haba mu myubakire no mu kwakira Inama nyinshi  zitabirwa n’abanyamahanga batandukanye abashoramari nabo niko biyemeje gushora mafaranga yabo mu bijyanye  no kwakira abashyitsi aho kigali  ari umwe mu mijyi yo muri Afurika yakira ba mukerarugendo benshi ndetse n’abandi banyamahanga batandukanye ni nako aho abantu bafatira  amafunguro  harushaho kuba henshi cyane  urugero ni  Nka  La Creola Restaurant&Lounge ikomeje kuba ubukombe .

La Creola Restaurant&Lounge ni imwe  mu hantu muri iyi  minsi mikuru ya Noheli n’ubunani hasohokeye abantu benshi  cyane kubera  ubwiza bwaho  iyo ugiye kuhafatira amafunguro  uba  witegeye bimwe  mu bice bya kigali  wiyumvira amafu  y’imisozi ka Mburabuturo ndetse  n’ibiti byiza bya Kimihurura  .

Mu gihe abantu benshi kw’isi bizihizaga iminsi mikuru ya Noheli ndetse n’ubunani Ubuyobozi  bwa  La Creola Restaurant&Lounge ntibwasigaye inyuma mu gutegura ibirori ndetse  n’amafunguro azasjya ashimira abahasohokeye muri iyo minsi .

Kuva  kuri  Noheli  bari bashyizeho uburyo bwo kugabanyiriza  ibiciro abahasohokeye yaba  abakundana , yaba imiryango  ku buryo buri wese  yishimira serivise ari guhambwa muri ibyo bihe  by’ibyishimo  .

Si kuri Noheli gusa kuko no mu mugoroba  w’ubunani bari bateguye umugoroba wo gusozanya  umwaka nabo  aho hari hatumie umuhanzi wo kubaririmbira ,abandi bagasangira kugeza  batangiye  umwaka  mushya .

Bwana Vedish Purdassee washinze  La Creola Restaurant&Lounge

Mu kiganiro na  Bwana Vedish Purdassee washinze  La Creola Restaurant&Lounge yadutangarije ko  muri iki gihe cy’iminsi mikuru bagombaga gutegura  uburyo bwiza bwo kureshya abakiliya ndetse  no kubakira neza kugira basoze umwaka bishimiye serivise tubaha akaba  ariyo mpamvu twari twagabanyije ibiciro  ku bintu byose  haba kubyo kurya  ndetse no kunywa .

Yakomeje ashimira Abakiliya ba La Creola Restaurant&Lounge  baje kwifatanya gusoza  umwaka wa 2023 , bakanatangirana  uwa 2024 abizeza ko uyu mwaka none ibintu  ari udushaya gusa .

Ubusanzwe  La Creola Restaurant&Lounge  izwiho kugira abakozi  b’inararibonye haba mu gutunganya  ibyo kurya , kunywa ndetse  no kwakira ababagana.

Izwiho  ubuhanga mu bijyanye no guteka aho bafite ubunararibonye mu gutegura amafunguro yo  muri Afurika  ndetse nayo muri aziya  ndetse bakagira nabahaga mu kubategurira  icyo kunywa mu buryo bugezweho ,Tutibagiwe no kwakira Ibirori bitandukanye .

La Creola Restaurant&Lounge   iherereye ku kimuhurura munsi ya  Minisiteri y’ubutabera ku muhanda KG 28 Ave,

 

 

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul January 10, 2024 January 10, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Ibihembo bya Isango na Muzika Awards bigiye gutangwa ku nshuro yabyo ya 5

September 4, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Umwami Mswati III

August 13, 2024
Andi makuru

Umuvugizi wungirije wa M23 Dr Oscar Balinda yahakanye amakuru ku ifatwa rya Gen Omega

March 5, 2025
Imyidagaduro

Theo Bose Babireba yakoze amateka mu gitaramo yakoreye I Burundi na Rose Muhando

March 27, 2023
Ikoranabuhanga

Skol na Orion BBC biyemeje gutera ibiti 6000 mu bukangurambaga bwa OneShootOneTree

January 11, 2024
Imikino

Cristiano Ronaldo na Messi bagiye kongera gucakirana!

November 22, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?