SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abanyakoreya y’epfo bari mu gahinda nyuma yo kubuzwa kugurisha inyama z’Imbwa
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Abanyakoreya y’epfo bari mu gahinda nyuma yo kubuzwa kugurisha inyama z’Imbwa
Utuntu n'utundi

Abanyakoreya y’epfo bari mu gahinda nyuma yo kubuzwa kugurisha inyama z’Imbwa

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/01/09 at 3:20 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya y’Epfo batoye itegeko ribuza abantu gucuruza no gukwirakwiza inyama z’imbwa, rinagena igifungo cy’imyaka igera kuri itatu ku bazarirengaho.

Iri tegeko ribuza abantu gutunga imbwa no kuzibaga hagamijwe ko ziribwa, gukwirakwiza inyama zazo no kuzigurisha. Icyakoze, abazajya bazirya ku giti cyabo, bo bazakomeza kubyemererwa.

Abagize Inteko Ishinga Amategeko basabye ko iri tegeko ryatangira kubahirizwa mu 2027 kugira ngo aborozi b’imbwa na ba nyiri restaurants z’inyama zazo babe bashaka indi mirimo bakora.

Abakora iyi mirimo basabwe kuzajya bamenyesha ubuyobozi bw’inzego z’ibanze aho bageze bitegura kuyihagarika kugeza ubwo mu 2027 kuyihagarika burundu bizaba byamaze kuba itegeko.

Guverinoma ya Koreya y’Epfo yijeje abazagirwaho ingaruka n’iri tegeko, barimo aborozi b’imbwa zibagwa, ababazi na ba nyiri restaurants ko izabaha ubufasha mu gihe imirimo yabo izaba yamaze guhagarara, nk’uko BBC yabitangaje.

Imibare yatangajwe na Guverinoma y’iki gihugu igaragaza ko mu 2023 habarirwaga restaurants 1600 zicuruza amafunguro y’inyama z’imbwa n’ahantu 1150 zororerwa.

 

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Nsanzabera Jean Paul January 9, 2024 January 9, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Miss Mutesi Jolly yahishuye ko imyidagaduro ari isoko ryunguka

September 25, 2024
Imyidagaduro

Isango na Muzika Awards yateguye ibitaramo bizazenguruka bimwe mi bice by’igihugu 

November 23, 2023
Imyidagaduro

Mr kagame yahembuye abitabiriye igitaramo cye muri Afro Bistro I Musanze

February 6, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzi Kizito Passy yagarutse ku ndwara yari igiye gutuma ahuma burundu

May 5, 2024

Ibya Bahavu na Ndoli Safaris byabaye agatereranzamba

April 18, 2023
Kwamamaza

The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bishimiye kwamamaza ibikorwa bya Tecno mu Rwanda (Amafoto)

May 9, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?